Mu mezi make ari imbere Abanyarwanda bashobora kongera koroherwa no kubona Visa zibemerera kujya muri Afurika y’Epfo ku mpamvu zirimo gutembera, ubucuruzi n’ibindi. Ni nyuma y’imyaka irenga 12 yari ishize nta Munyarwanda utunze pasiporo isanzwe woroherwa no kujya muri iki gihugu, kubera ikibazo cy’umwuka mubi mu mubano w’ibi bihugu byombi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Gatebe gatoki mu mubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo igeze ku iherezo?
22 June, by Iradukunda Serge -
Ibisa birasabirana: Ndayishimiye yasuye Tshisekedi; ibiri ku meza yabo
23 June, by IGIHEInyuma y’amagambo ya dipolomasi avuga ku “bufatanye”, “umutekano” n’“ubucuti” hagati ya Kinshasa na Gitega, umubano wa Félix Tshisekedi na Évariste Ndayishimiye ukomeje kugaragaza inyungu za gisirikare ziwihishe inyuma kurusha indi mishinga ifatika y’iterambere.
-
Imishinga 10 y’akataraboneka ya Studio Libeskind igiye kubaka ‘monument’ ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
27 June, by Mugisha ChristianKu wa 25 Kamena 2026, Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi ba Studio Libeskind, ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika gikora ibijyanye no gushushanya inzu n’ibindi bijyanye n’imyubakire.
-
U Rwanda rwashimangiye kudakuraho ubwirinzi ku mipaka, ruvuga ko rufite ibimenyetso by’ibinyoma bya Ramaphosa
31 January 2025, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rufite amakuru y’uko isaha n’isaha rushobora guterwa na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bityo ko ari yo mpamvu rwakajije ubwirinzi ku mipaka yarwo iruhuza n’iki gihugu.
-
Igihugu ntabwo cyaba ingwate - Perezida Kagame avuga ku bashaka kugoreka amateka
27 June, by Idukunda Kayihura Emma SabinePerezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rudashobora kuba ingwate y’abantu bashaka kugoreka amateka yarwo, cyangwa kuyumva no kuyasobanura uko bishakiye, aho kuyashingira ku kuri, ibimenyetso n’amasomo igihugu gikwiye kubakiraho.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Lourenço wa Angola ku gushakira umuti urambye ibibazo byo muri RDC
31 January 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Paul Kagame yaganiriye na Mugenzi we wa Angola, João Lourenço, ku ngingo zirimo iyo gushakira igisubizo kirambye ibibazo by’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar
12 February 2025, by IGIHEMu gitondo cyo kuri uyu wa 12 Gashyantare 2025, Perezida Kagame yakiriwe na Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, bagirana ibiganiro byibanze ku gukomeza umubano mwiza usanzweho hagati y’ibihugu byombi n’ubufatanye mu nzego zitandukanye.
-
‘Iwacu Muzika Festival 2026’ yitabiriwe bidasanzwe i Ngoma; uko igitaramo cyagenze (Amafoto & Video)
27 June, by Eric Tony UkurikiyimfuraUbwitabire buri hejuru buri mu byaranze igitaramo cya kabiri cy’iserukiramuco rya “MTN Iwacu Muzika Festival 2026”, cyabereye kuri Stade y’Akarere ka Ngoma kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 27 Kamena.
-
Ibyo wamenya kuri Airport City izunganira Ikibuga cy’Indege cya Bugesera
29 June, by Tuyishimire Umutesi CelineIkibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali kiri kubakwa mu Karere ka Bugesera kiri mu mishinga minini igamije guhindura isura y’ubwikorezi bwo mu kirere, ubucuruzi n’ishoramari mu Rwanda. Gusa uyu mushinga ntugarukira ku kibuga cy’indege gusa, kuko unateganyirijwe umujyi mushya uzwi nka Airport City, ugomba kunganira serivisi zose zizakenerwa n’abagenzi, abashoramari, abakora mu rwego rw’ubwikorezi n’abaturage bazagenda batuye muri aka gace.
-
Ibibazo byadindije urugomero rwa Muvumba, umushinga Perezida Kagame yabajijeho abayobozi
1 July, by IGIHEUbuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi (RWB), bwatangaje ko impinduka zakozwe mu gishushanyo mbonera cy’umushinga wo kubaka urugomero rwa Muvumba, kwishyura ingurane ku baturage n’imikoranire n’uwatanze inguzanyo biri mu bibazo byatumye imirimo idindira, ariko ubu byabonewe ibisubizo ku buryo bari gukora amanywa n’ijoro kugira ngo icyuho cy’ubukererwe gishiremo.
IGIHE