Minisitiri w’u Bubanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yanyomoje ibinyoma byatangajwe na Perezida w’u Burundi, Ndayishimiye Evariste wavuze ko afite impungenge ko igihugu cye gishobora guterwa n’u Rwanda, ahishura ahubwo ko u Burundi ari bwo buri mu mugambi wa Perezida Felix Tshisekedi wa RDC, wo gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Minisitiri Nduhungirehe yanyomoje ibinyoma byatangajwe na Perezida Ndayishimiye w’u Burundi
1 February 2025, by Uwimana Abraham -
Ingengo y’imari nshya y’u Rwanda: Ibyahindutse mu ikofi yawe kuva ku wa 1 Nyakanga 2026
14 July, by Musangwa ArthurUmwaka mushya muhire! Uhise wibaza niba ari muri Mutarama ariko umwaka w’ingengo y’imari y’u Rwanda watangiye ku wa 1 Nyakanga. Abo mu nzego za Leta hashize iminsi mike batanze imihigo bazesa mu 2026/27, aho u Rwanda ruzakoresha ingengo y’imari ingana na miliyari 7.796,3 Frw, ikaba yariyongereyeho 12% ugereranyije n’iy’umwaka ushize wa 2025/26.
-
Arasezerwaho n’abarimo Perezida Kagame: Urwibutso kuri Sheikh Hamad wagize Qatar igihangange
13 July, by Iradukunda Serge, Zigiranyirazo BajecteurPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari i Doha muri Qatar aho yagiye kwifatanya n’ubuyobozi n’abaturage b’iki gihugu mu gusezera Sheikh Hamad bin Khalifa Al Thani, wabaye Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar kuva mu 1995 kugeza mu 2013, akaba yaragize uruhare rukomeye mu guhindura iki gihugu kikaba kimwe mu bikomeye ku Isi.
-
Hari ibintu SADC yashinje u Rwanda tudashobora kwihanganira - Minisitiri Nduhungirehe
3 February 2025, by Uwimana AbrahamMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Nduhungirehe Olivier, yavuze ko hari ibintu byatangajwe n’Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) u Rwanda rudashobora kwihanganira aho uwo muryango washinje Ingabo z’u Rwanda kuba ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Tom Close yaririmbye mu gitaramo cya ’MTN Iwacu Muzika Festival 2026’ i Nyagatare- Uko cyagenze (Amafoto & Video)
18 July, by Eric Tony UkurikiyimfuraTom Close wegukanye Primus Guma Guma Super Star mu 2011, yataramiye abitabiriye igitaramo cya gatanu cy’iserukiramuco rya “MTN Iwacu Muzika Festival 2026”, cyabereye kuri Stade y’Akarere ka Nyagatare kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 18 Nyakanga.
-
Tujyane mu bwami bw’inzovu, mu rugendo rw’amasaha atatu uvuye i Beijing mu ndege
19 July, by Mugisha ChristianUshobora kuba utekereza ko uzi neza icyo kwitega mu gihe wasuye u Bushinwa nk’imijyi minini cyane, ikirere gisa neza, n’ibikorwaremezo bigezweho utasanga ahandi. Gusa hari agace kihishe ku mpera z’ikarita y’iki gihugu, aho ubuzima butandukanye, bikundira inzovu kurusha ibindi kandi bizera urumuri. Aka gace namaze kukageramo.
-
Guharabika u Rwanda no kuyobya uburari: Icyihishe inyuma y’umugambi wa RDC wo kurega u Rwanda muri ICJ
23 July, by Ntabareshya Jean de DieuUbwo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yaregaga u Rwanda mu Rukiko rw’Umuryango w’Abibumbye (ICJ) muri Kamena 2026, ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi bwavuze ko icyo cyemezo ari intambwe yari imaze igihe itegerejwe mu gushaka ubutabera.
-
U Rwanda rwahishuye ko Congo na FDLR byari bifite umugambi wo kurutera
2 February 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu, Iradukunda SergeGuverinoma y’u Rwanda, yatangaje ko Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe irimo FDLR, Wazalendo, Ingabo z’u Burundi, Iza SADC n’Abacanshuro b’Abanyaburayi ryari rifite gahunda yo kurutera.
-
Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’abashoramari barenga 30 bo muri Arabie-Saoudite
13 February 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yakiriye itsinda rigizwe n’abayobozi bakuru mu Rugaga rw’Ubucuruzi muri Arabie Saoudite (Federation of Saudi Chambers of Commerce), riyobowe na Hassan Moejeb Alhwaizy.
-
Guha Kayumba Nyamwasa urubuga bihamya umugambi mubisha wa Afurika y’Epfo ku Rwanda- Yolande Makolo
2 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibitangazamakuru byo muri Afurika y’Epfo byatangiye guha urubuga Kayumba Nyamwasa wamaze guhamwa n’ibyaha mu Rwanda, bihamya neza umugambi iki gihugu gifite wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
IGIHE