Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Stephanie Nyombayire, yavuze ko uburyarya bw’u Bubiligi bwo gusabira u Rwanda ibihano kubera ibibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butangaje, mu gihe iki gihugu cyo ku mugabane w’u Burayi cyubatswe n’amabuye cyasahuye abo gitabariza.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu yerekanye “uburyarya burenze igipimo” bw’u Bubiligi
14 February 2025, by IGIHE -
Mu minsi y’ibyabanjirije ifungwa rya Perezida Kagame i Paris: Akantu ku kandi ku byabaye
20 July, by Philbert GirinemaIyo usubiye mu mateka y’inzira yagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, hari aho uhura n’umwe mu bayobozi b’Abafaransa bagize uruhare rukomeye muri ayo mateka. Ntiyari Perezida, ntiyari Jenerali, nta ngabo yayoboraga kandi nta masezerano yo kugura intwaro yashyizeho umukono. Gusa, yagennye byinshi mu buryo u Bufaransa bwitwaye mu bibazo by’u Rwanda binyuze mu mvugo ze, ubutumwa bwa dipolomasi, inyandiko n’ibindi.
-
Minisitiri Nduhungirehe yanenze amahanga yishimiye ikiryamo FDLR imazemo imyaka 30 ishaka gutera u Rwanda
2 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko bitangaje kubona imiryango mpuzamahanga yaremeye ko umutwe wa FDLR uba ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imyaka ikaba irenze 30 ugishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, nyamara ikaba yarahagurutse yamagana M23 iharanira uburenganzira bwa benewabo iri no ku butaka bw’abasokuruza babo.
-
Perezida Kagame yageze muri Ethiopia
14 February 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yageze i Addis Abeba muri Ethiopia kuri uyu wa 14 Gashyantare 2025, mu nama isanzwe ya 38 y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU).
-
Urwibutso Keir Starmer asize mu mubano w’u Bwongereza n’u Rwanda
24 July, by Jean de Dieu TuyizereSir Keir Starmer ubu ntakiri Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza. Yayoboye guverinoma y’iki gihugu kuva muri Nyakanga 2024 kugeza ku wa 20 Nyakanga 2026, asimburwa na Andy Burnham wanatorewe kuyobora Ishyaka ry’Abakozi (Labour Party).
-
APR FC yandagarijwe mu mukino ufungura CECAFA (Amafoto)
24 July, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Yashimuswe na FDLR ari umunyeshuri, atorokana imbunda: Urugendo rwa Nkurunziza ruva ibuzimu
25 July, by Iradukunda OlivierUbuzima bwa Nkurunziza Patrick bwahindutse ubwo yari akiri umunyeshuri mu mashuri yisumbuye. Yashimuswe n’inyeshyamba za FDLR, ajyanwa mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho yahatiwe gukora ibikorwa bya gisirikare, guheka amasasu no kwiba abaturage.
-
APR FC yabonye intsinzi ya mbere muri CECAFA, isigara mu mibare igoye yo kurenga itsinda (Amafoto)
27 July, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Riderman yanyuze Abanya-Musanze mu gitaramo cya ’MTN Iwacu Muzika Festival 2026’- Uko cyagenze (Amafoto & Video)
25 July, by Eric Tony UkurikiyimfuraIminota 30 ku rubyiniro yatumye abakunzi b’umuziki mu Karere ka Musanze bongera kwisanga mu wo mu myaka 13 ishize, ubwo Riderman wegukanye Primus Guma Guma Super Star mu 2013 yabataramiraga mu gitaramo cya gatandatu cy’iserukiramuco rya “MTN Iwacu Muzika Festival 2026”, cyabereye kuri Stade y’Akarere ka Nyagatare kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 25 Nyakanga.
-
Rayon Sports yatangiye CECAFA Kagame Cup neza itsinda KVZ- Uko umukino wagenze (Amafoto)
26 July, by Iradukunda Olivier, Eric Tony Ukurikiyimfura
IGIHE