Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, baganira ku ngingo zitandukanye zirimo izireba Akarere ndetse n’Umugabane wa Afurika muri rusange.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yahuye na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia
15 February 2025, by IGIHE -
Umuti Rayon Sports ikesha igikombe cya CECAFA nyuma y’imyaka 28
9 August, by Eric Tony UkurikiyimfuraRuhago y’u Rwanda yongeye kugera ku gasongero ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo Hagati ibikesha intsinzi Rayon Sports yabonye muri CECAFA Kagame Cup yegukanye ku wa 7 Kanama 2026.
-
Dutangira intambara ntabwo twabasabye uburenganzira - Tito Rutaremara kuri Dijoud
10 August, by Utuje CedricPaul Dijoud, Umunyapolitiki w’Umufaransa uzwi ku kuba yaragize uruhare rukomeye mu mateka y’u Rwanda yagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuko yagennye byinshi mu buryo u Bufaransa bwitwaye mu bibazo by’u Rwanda binyuze mu mvugo ze, ubutumwa bwa dipolomasi, inyandiko n’ibindi.
-
Mu Rwanda abagore 54% batashatse baboneje urubyaro, icyo imibare ivuga
12 August, by Igizeneza Jean DésiréUbushakashatsi bwakozwe mu Rwanda bugaragaza ko uburyo bwo kuboneza urubyaro butakiri umwihariko w’abashakanye gusa, kuko abagore batashyingiwe ariko na bo benshi bamaze kubukoresha kugira ngo birinde ingaruka zava mu gukora imibonano idakingiye.
-
Buri munyeshuri agira umujyanama wihariye; Imaramatsiko ku burezi butangirwa muri Ntare Louisenlund School (Video)
18 August, by Iradukunda SergeImyaka ibaye ibiri Ntare Louisenlund ifunguwe. Ni igitekerezo cyakomotse ku bagize umuryango NSOBA (Ntare School Old Boys Association) bize mu ishuri ryisumbuye rya Ntare School yo muri Uganda barimo Perezida Paul Kagame na Perezida Yoweri Kaguta Museveni uyobora Uganda.
-
Yashinjwe kwica Malcolm X, afungwa imyaka 20 arengana, ahitamo u Rwanda: Amateka atangaje ya Aziz
15 August, by Iradukunda SergeMu rugo rutuje ruherereye ku musozi umwe wo mu Mujyi wa Kigali, Muhammad Aziz akunze kugaragara yicaye asoma igitabo. Ni ubuzima butandukanye cyane nubwo yamazemo imyaka myinshi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho izina rye ryigeze guhuzwa n’urupfu rwa Malcolm X, umwe mu banyapolitiki n’impirimbanyi z’uburenganzira bw’Abirabura bazwi cyane mu mateka y’icyo gihugu.
-
Imbaraga bakoresha basaba amakipe gusesa amasezerano n’u Rwanda, ni imfabusa - Perezida Kagame kuri RDC
4 February 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Paul Kagame yavuze ko imbaraga ziri gukoreshwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu gusaba amakipe yo ku mugabane w’u Burayi afitanye imikoranire n’u Rwanda gusesa amasezerano, ari imfabusa, ahubwo ko bakazerekeje mu gukemura ibibazo byabo bwite.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Daniel Chapo wa Mozambique na Minisitiri w’Intebe wa Barbados
15 February 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame kuri uyu wa 15 Gashyantare 2025 yaganiriye na mugenzi we uyobora Mozambique, Daniel Chapo, na Minisitiri w’Intebe wa Barbados, Mia Amor Mottley.
-
Kongeramo undi mutoza, umusaruro mubi n’abarwanya ikipe: Taleb utoza APR yabivuzeho
17 August, by Eric Tony UkurikiyimfuraUmutoza Mukuru wa APR FC, Umunya-Maroc Abderrahim Taleb, yavuze ko umusaruro ikipe ye iri kubona muri iyi minsi utagakwiye gufatwa nk’ikimenyetso cy’uko iri mu bibazo bikomeye, ashimangira ko iri mu rugendo rwo kongera kwiyubaka nyuma y’impinduka zabaye mu bakinnyi.
-
Abayobozi b’uturere batazasubira muri izi nshingano bazibukirwa kuki?
24 August, by Hakizimana Jean PaulHarabura amezi make ngo mu gihugu cyose hongere kuba amatora y’abayobozi b’inzego z’ibanze azasiga hatowe komite nyobozi nshya z’uturere 27.
IGIHE