Perezida Kagame yamaganye ubwicanyi bumaze iminsi bugaragara hirya no hino mu gihugu, bukorerwa abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, avuga ko ubutabera bugomba gukora akazi kabwo, ubwo bwicanyi bugahagarara burundu.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Bigomba guhagarara - Perezida Kagame avuga ku bwicanyi bukorerwa abarokotse Jenoside
12 December 2024, by IGIHE -
Perezida Kagame yatanze kandidatire y’u Rwanda yo kwakira Formula One
13 December 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraBidasubirwaho, u Rwanda rwatanze kandidatire yo kwakira Isiganwa rya mbere rikomeye mu mukino wo gutwara imodoka, Formula One. Byatangajwe ku mugaragaro na Perezida Kagame mu Nama y’Inteko Rusange y’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umukino wo Gusiganwa mu Modoka (FIA) iri kubera mu Rwanda.
-
APR FC yatsinze Kiyovu Sports 2-1 ikomeza gusatira Rayon Sports- Uko umukino wagenze (Amafoto)
8 February 2025, by Jah d’eau Dukuze -
Rayon Sports yatsikiye imbere ya Musanze FC; uko umukino wagenze (Amafoto)
9 February 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Itotezwa ry’Abanyamulenge, ibya M23 n’ibyavuzwe na Kayumba Nyamwasa: Dr. Aggée Mugabe twaganiriye
11 February 2025, by Ndahayo EmmanuelKuva mu myaka myinshi ishize, abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bavuga Ikinyarwanda bakunze guhura n’ihohoterwa bakicwa, imitungo yabo ikangizwa kandi badafite uwo batakira, bikarangira baririra mu myotsi.
-
Yakiriye n’uwo yibarutse: Ikiganiro na Ngarambe umaze imyaka 20 akora muri ‘morgue’
12 February 2025, by Ayera BelyneUrupfu ni ikintu kitamenyerwa. Nubwo buri wese azi ko ari inzira azanyuramo, iyo baruvuze ahinda umushyitsi. Uwapfuye kabone n’iyo yaba arengeje imyaka 100 abo mu muryango n’inshuti ze bacura imiborogo ku bwo kubura uwabo bafataga nk’ingenzi mu buzima bwabo.
-
Musanze FC yahagamye APR FC, Rayon Sports itsinda Rutsiro FC mu Gikombe cy’Amahoro; uko imikino yagenze (Amafoto)
12 February 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Ibihano ku Rwanda, ubufasha kuri M23, Tshisekedi, AU n’ibindi: Perezida Kagame yaganiriye na Jeune Afrique
12 February 2025, by IGIHEMu gihe umwuka ukomeje kutamera neza hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, bitewe n’ibirego Leta ya RDC ishinja u Rwanda by’uko ari rwo rugira uruhare mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bw’icyo gihugu, nubwo u Rwanda rutahwemye kuvuga ko nta shingiro bifite.
-
Paris: Abahabwa amahirwe yo gusimbura Minisitiri w’Intebe Barnier bumva u Rwanda bate?
12 December 2024, by Jean de Dieu TuyizereInteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa tariki ya 4 Ukuboza 2024, yatakarije icyizere Guverinoma ya Michel Barnier yari imaze amezi atatu, nyuma y’aho akoresheje ububasha bwihariye ahabwa n’Itegeko Nshinga akemeza iyongezwa ry’amafaranga y’ubwiteganyirize hagamijwe kuziba icyuho mu ngengo y’imari ya Leta.
-
Ibyo utamenye ku rugendo rwakuye abacanshuro i Goma bakanyura mu Rwanda bataha (Video)
13 February 2025, by IGIHEBijya gutangira, abantu benshi batekerezaga ko ari inkuru y’igihuha, ko ibyo u Rwanda ruvuga ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yifashisha abacanshuro mu mugambi wo guhungabanya umutekano warwo atari ukuri.
IGIHE