Mu minsi mike ishize Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru, Larry Madowo, cyagarutse ku ngingo zitandukanye cyane cyane ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ariko benshi baza gutungurwa n’uburyo CNN yatangaje iby’iyi nkuru.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Imvano y’igisubizo cya ’Ntabwo mbizi’ Perezida Kagame yahaye CNN
6 February 2025, by Utuje Cedric -
Babeshya nk’uko bahumeka - Nduhungirehe ku kinyoma cya RDC cy’uko Kagame yasohotse mu nama ya AU
16 February 2025, by IGIHEMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yanyomoje amakuru yatangajwe na Televiziyo y’Igihugu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yavugaga ko mu nama y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika, Perezida Kagame yasohotse mu nama yarakaye.
-
Dusigaye tugenda tutikandagira: Ubuhamya bw’Abanyarwanda bakorera n’abagenda i Goma ya M23 (Video)
8 February 2025, by Uwimana AbrahamBamwe mu Banyarwanda by’umwihariko abatuye mu Karere ka Rubavu, bavuze ko nyuma y’uko umutwe wa M23 ufashe Umujyi wa Goma, ubu watangiye kujya ku murongo, ndetse basigaye bajyayo batikandagira, batikanga umutekano muke, nk’uko byari bimeze mbere.
-
Perezida Kagame yashimiye Mahmoud Ali Youssouf watorewe kuyobora Komisiyo ya AU
17 February 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yashimiye Mahmoud Ali Youssouf usanzwe ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Djibouti, watorewe kuyobora Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AUC.
-
Ubuhamya bushya bw’abahoze muri FDLR/CRAP ku mikoranire n’Ingabo za SADC
7 February 2025, by IGIHEImpaka zikomeje kuba zose ku butumwa Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) zirimo mu Burasirazuba bwa RDC. Abayobozi bazo bavuga ko zagiye kubungabunga amahoro, nyamara ibyo zikora bihabanye n’ibyo.
-
Nibitugiraho ingaruka bizadusigira amasomo – Perezida Kagame ku ihagarikwa ry’inkunga ya USAID
7 February 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yavuze ko yemeranya ku ngingo nyinshi na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, uherutse guhagarika inkunga igihugu cye cyageneraga amahanga inyuze mu kigo cya Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga, USAID.
-
Amashanyarazi u Rwanda rutunganya yageze kuri megawatt 406
17 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteTukiri bato, nta watinyukaga kugenda ijoro adaherejekwe kubera umwijima wabaga ubuditse ibice bitandukanye by’igihugu, ariko imbaraga zashyizwe mu kubaka ingomero z’amashanyarazi no kubyaza umusaruro ingufu z’imirasire y’izuba byatumye amashanyarazi atunganywa agera kuri megawatt zirenga 406.
-
Tshisekedi yanze ko Macron amuhuza na Perezida Kagame
8 February 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yanze ko mugenzi we uyobora u Bufaransa, Emmanuel Macron, amuhuza na Paul Kagame.
-
U Rwanda rwasheshe imikoranire n’u Bubiligi
18 February 2025, by Ntabareshya Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yahagaritse imikoranire mu by’iterambere n’u Bubiligi kuko bwahisemo gufatanya na Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu bukangurambaga bugamije gukomanyiriza u Rwanda ngo ruhagarikirwe inkunga yo kwifashishwa mu rugamba rw’iterambere.
-
Dutemberane Luxembourg iri mu bihugu byihagazeho i Burayi
9 February 2025, by Karirima A. NgarambeLuxembourg ni kimwe mu bihugu 10 bito mu birenga 40 bigize u Burayi. Icyakora ubwo buto bwayo ntibwayibujije kuba kimwe mu bihugu bikize, ku buryo no kugituramo akenshi bisaba uwifite.
IGIHE