Perezida Paul Kagame yashimiye Mahmoud Ali Youssouf usanzwe ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Djibouti, watorewe kuyobora Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AUC.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yashimiye Mahmoud Ali Youssouf watorewe kuyobora Komisiyo ya AU
17 February 2025, by IGIHE -
Ubuhamya bushya bw’abahoze muri FDLR/CRAP ku mikoranire n’Ingabo za SADC
7 February 2025, by IGIHEImpaka zikomeje kuba zose ku butumwa Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) zirimo mu Burasirazuba bwa RDC. Abayobozi bazo bavuga ko zagiye kubungabunga amahoro, nyamara ibyo zikora bihabanye n’ibyo.
-
Nibitugiraho ingaruka bizadusigira amasomo – Perezida Kagame ku ihagarikwa ry’inkunga ya USAID
7 February 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yavuze ko yemeranya ku ngingo nyinshi na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, uherutse guhagarika inkunga igihugu cye cyageneraga amahanga inyuze mu kigo cya Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga, USAID.
-
Amashanyarazi u Rwanda rutunganya yageze kuri megawatt 406
17 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteTukiri bato, nta watinyukaga kugenda ijoro adaherejekwe kubera umwijima wabaga ubuditse ibice bitandukanye by’igihugu, ariko imbaraga zashyizwe mu kubaka ingomero z’amashanyarazi no kubyaza umusaruro ingufu z’imirasire y’izuba byatumye amashanyarazi atunganywa agera kuri megawatt zirenga 406.
-
Tshisekedi yanze ko Macron amuhuza na Perezida Kagame
8 February 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yanze ko mugenzi we uyobora u Bufaransa, Emmanuel Macron, amuhuza na Paul Kagame.
-
U Rwanda rwasheshe imikoranire n’u Bubiligi
18 February 2025, by Ntabareshya Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yahagaritse imikoranire mu by’iterambere n’u Bubiligi kuko bwahisemo gufatanya na Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu bukangurambaga bugamije gukomanyiriza u Rwanda ngo ruhagarikirwe inkunga yo kwifashishwa mu rugamba rw’iterambere.
-
Dutemberane Luxembourg iri mu bihugu byihagazeho i Burayi
9 February 2025, by Karirima A. NgarambeLuxembourg ni kimwe mu bihugu 10 bito mu birenga 40 bigize u Burayi. Icyakora ubwo buto bwayo ntibwayibujije kuba kimwe mu bihugu bikize, ku buryo no kugituramo akenshi bisaba uwifite.
-
U Rwanda rwashimangiye ko imbaraga rushyira mu kubaka igisirikare ntaho zihuriye no gufasha M23
9 February 2025, by Iradukunda SergeUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yavuze ko imbaraga u Rwanda rumaze igihe rushyira mu kwiyubaka mu bijyanye n’igisirikare n’umutekano, ntaho zihuriye no gushyigikira umutwe wa M23 umaze igihe uhanganye na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Amafoto y’abarwanyi ba M23 mu Mujyi wa Bukavu
18 February 2025, by Kwizera HervéKuva ku wa Gatanu, Umujyi wa Bukavu uri mu maboko mashya. Nyuma ya Goma, ubu ni akandi gace kagenzurwa n’abarwanyi ba M23. Iyo uhageze, ubabona guhera ku mupaka no mu mujyi mu bice byose, baba bagenda n’amaguru cyangwa se bari mu modoka za gisirikare zahoze zikoreshwa na FARDC.
-
Hongerewe umusoro ku nzoga n’itabi, hashyirwaho n’utari usanzwe
10 February 2025, by Ndahayo EmmanuelLeta y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo kuvugurura ibijyanye no kwishyura imisoro itangwa mu gihugu, bizakorwa mu byiciro bitatu, birimo kongera imisoro yari isanzwe, gushyiraho umusoro mushya ndetse no gushyiraho umusoro ku nyongeragaciro ku bicuruzwa bitari bisanzwe biwutanga.
IGIHE