Mu myaka mike u Rwanda ruzaba rubona divayi igera ku macupa ibihumbi 90 ku mwaka, itavuye mu mahanga, ahubwo ivuye mu mizabibu rwihingiye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Amacupa ibihumbi 90 n’ishoramari rya miliyari 32 Frw: Ibyihariye ku mushinga wa divayi watangijwe i Musanze
5 September, by IGIHE -
Rema yahagurukije Abanya-Kigali mu gitaramo cyaherekeje Kwita Izina- UKO CYAGENZE (Amafoto)
5 September, by Dushime Evode, Eric Tony Ukurikiyimfura, Nsengiyumva EmmyUmuhanzi w’Umunya-Nigeria Divine Joshua Ikubor uzwi nka Rema, yashimishije ibihumbi by’abakunzi b’umuziki bateraniye muri BK Arena mu gitaramo cyaherekeje umuhango wo #KwitaIzina21.
-
Ireme ry’uburezi, abakopeye ibizamini bya Leta n’abarimu batsindwa Icyongereza….Minisitiri w’Uburezi twaganiriye
7 September, by Nshimiyimana Jean BaptisteKu banyeshuri n’ababyeyi bafite abana bafite imyaka iri hejuru y’itatu ushatse wavuga ko ‘ubunani’ bwabo bwageze kuko umwaka mushya w’amashuri watangiye! Uyu mwaka wavuzwemo byinshi birimo gukopera ibizamini bya Leta no gutanga amahirwe yo kubisubiramo, impinduka zirimo guhagurukira imyitwarire y’abanyeshuri n’abarezi ku buryo uzajya ahuhamo bikagaragara ko yasomye kuri manyinya, urwana cyangwa ukora ibitemewe ashobora kwirukanwa.
-
Imvano y’igisubizo cya ’Ntabwo mbizi’ Perezida Kagame yahaye CNN
6 February 2025, by Utuje CedricMu minsi mike ishize Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru, Larry Madowo, cyagarutse ku ngingo zitandukanye cyane cyane ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ariko benshi baza gutungurwa n’uburyo CNN yatangaje iby’iyi nkuru.
-
Babeshya nk’uko bahumeka - Nduhungirehe ku kinyoma cya RDC cy’uko Kagame yasohotse mu nama ya AU
16 February 2025, by IGIHEMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yanyomoje amakuru yatangajwe na Televiziyo y’Igihugu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yavugaga ko mu nama y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika, Perezida Kagame yasohotse mu nama yarakaye.
-
Amafaranga arahari ariko imirimo igenda buhoro: Imbere mu mishinga y’imihanda ya miliyari 39 Frw
8 September, by IGIHEImishinga myinshi minini y’imihanda iteganyijwe gushyirwa mu bikorwa mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2026/27 izamara igice kinini cy’umwaka ikiri mu byiciro birimo amasoko, kwimura no kwishyura abangirizwa n’imishinga, gusinya amasezerano no gutegura aho imirimo izakorerwa, ku buryo imirimo nyir’izina y’ubwubatsi izaba ikiri ku rwego rwo hasi muri Kamena 2027.
-
Dusigaye tugenda tutikandagira: Ubuhamya bw’Abanyarwanda bakorera n’abagenda i Goma ya M23 (Video)
8 February 2025, by Uwimana AbrahamBamwe mu Banyarwanda by’umwihariko abatuye mu Karere ka Rubavu, bavuze ko nyuma y’uko umutwe wa M23 ufashe Umujyi wa Goma, ubu watangiye kujya ku murongo, ndetse basigaye bajyayo batikandagira, batikanga umutekano muke, nk’uko byari bimeze mbere.
-
Perezida Kagame yashimiye Mahmoud Ali Youssouf watorewe kuyobora Komisiyo ya AU
17 February 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yashimiye Mahmoud Ali Youssouf usanzwe ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Djibouti, watorewe kuyobora Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AUC.
-
APR FC yanyagiye Les Aigles du Congo inayisezerera muri CAF Champions League- Uko umukino wagenze (Amafoto)
11 September, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Ubuhamya bushya bw’abahoze muri FDLR/CRAP ku mikoranire n’Ingabo za SADC
7 February 2025, by IGIHEImpaka zikomeje kuba zose ku butumwa Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) zirimo mu Burasirazuba bwa RDC. Abayobozi bazo bavuga ko zagiye kubungabunga amahoro, nyamara ibyo zikora bihabanye n’ibyo.
IGIHE