Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yavuze ko imbaraga u Rwanda rumaze igihe rushyira mu kwiyubaka mu bijyanye n’igisirikare n’umutekano, ntaho zihuriye no gushyigikira umutwe wa M23 umaze igihe uhanganye na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda rwashimangiye ko imbaraga rushyira mu kubaka igisirikare ntaho zihuriye no gufasha M23
9 February 2025, by Iradukunda Serge -
Amafoto y’abarwanyi ba M23 mu Mujyi wa Bukavu
18 February 2025, by Kwizera HervéKuva ku wa Gatanu, Umujyi wa Bukavu uri mu maboko mashya. Nyuma ya Goma, ubu ni akandi gace kagenzurwa n’abarwanyi ba M23. Iyo uhageze, ubabona guhera ku mupaka no mu mujyi mu bice byose, baba bagenda n’amaguru cyangwa se bari mu modoka za gisirikare zahoze zikoreshwa na FARDC.
-
Hongerewe umusoro ku nzoga n’itabi, hashyirwaho n’utari usanzwe
10 February 2025, by Ndahayo EmmanuelLeta y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo kuvugurura ibijyanye no kwishyura imisoro itangwa mu gihugu, bizakorwa mu byiciro bitatu, birimo kongera imisoro yari isanzwe, gushyiraho umusoro mushya ndetse no gushyiraho umusoro ku nyongeragaciro ku bicuruzwa bitari bisanzwe biwutanga.
-
Imbere muri Gereza ya Bukavu, ahari hafungiye abagororwa 2300 bagatoroka
20 February 2025, by IGIHEPerezida Tshisekedi aherutse guha imbabazi abagororwa 111 bari bafungiye muri Gereza Nkuru ya Bukavu. Muri bo, 86 bari bakurikiranyweho ibyaha bisanzwe mu gihe abandi byari bifite aho bihuriye n’igisirikare. Umunsi barekuriweho bahawe imbabazi, ntibatashye bonyine, ahubwo iryo joro, Ingabo za FARDC zafunguye gereza, bo n’abandi barenga ibihumbi bibiri baratoroka.
-
Imodoka z’amashanyarazi zakomeje gusonerwa: Iby’ingenzi ku mpinduka muri politiki y’imisoro mu Rwanda
11 February 2025, by Jean de Dieu TuyizereInama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Paul Kagame ku wa 10 Gashyantare 2025 yemeje politiki y’imisoro ivuguruye, ikubiyemo ingingo nyamukuru zirimo izamurwa ry’imisoro n’ishyirwaho ry’imisoro mishya mu Rwanda.
-
U Rwanda rwamaganye ibihano Amerika yafatiye Gen (Rtd) Kabarebe
20 February 2025, by Iradukunda SergeLeta y’u Rwanda yanenze ibihano Amerika yafatiye Gen (Rtd) James Kabarebe, imushinja uruhare mu ntambara umutwe wa M23 uhanganyemo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Hasobanuwe impamvu Leta yongereye imisoro n’amahoro ku bicuruzwa bitandukanye
11 February 2025, by Ndahayo EmmanuelMu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 10 Gashyantare 2025, hemejwe amategeko y’imisoro n’amabwiriza ya Minisitiri azagira uruhare rukomeye mu kuzamura ubukungu no guteza imbere imibereho myiza y’Abanyarwanda, binyuze mu kongera ubushobozi bwo gushyira mu bikorwa Gahunda ya 2 y’Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2).
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza ku bibazo byo muri RDC
23 February 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza, David Lammy. Baganiriye ku mubano w’u Rwanda n’u Bwongereza, n’uburyo hakenewe igisubizo kirambye ku bibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ariko gishingiye ku biri kubera muri iki gihugu nyirizina.
-
Abangavu barenga ibihumbi 22 batewe inda mu 2024
11 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, yatangaje ko abangavu 22.454 basambanyijwe bakanaterwa inda mu mwaka wa 2024, bigaragaza ko ari ikibazo gikomereye umuryango kigomba guhagurukirwa.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Chi-Man Kwan uri mu bashinze Raffles Family Office
24 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru akaba n’umwe mu bashinze ikigo Raffles Family Office, Chi-Man Kwan, byibanze ku iterambere ry’imiyoborere no guhanga udushya mu bigo by’imari, hanagarukwa ku mahirwe y’ishoramari ari mu nzego zitandukanye mu Rwanda.
IGIHE