Perezida Tshisekedi aherutse guha imbabazi abagororwa 111 bari bafungiye muri Gereza Nkuru ya Bukavu. Muri bo, 86 bari bakurikiranyweho ibyaha bisanzwe mu gihe abandi byari bifite aho bihuriye n’igisirikare. Umunsi barekuriweho bahawe imbabazi, ntibatashye bonyine, ahubwo iryo joro, Ingabo za FARDC zafunguye gereza, bo n’abandi barenga ibihumbi bibiri baratoroka.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Imbere muri Gereza ya Bukavu, ahari hafungiye abagororwa 2300 bagatoroka
20 February 2025, by IGIHE -
Imodoka z’amashanyarazi zakomeje gusonerwa: Iby’ingenzi ku mpinduka muri politiki y’imisoro mu Rwanda
11 February 2025, by Jean de Dieu TuyizereInama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Paul Kagame ku wa 10 Gashyantare 2025 yemeje politiki y’imisoro ivuguruye, ikubiyemo ingingo nyamukuru zirimo izamurwa ry’imisoro n’ishyirwaho ry’imisoro mishya mu Rwanda.
-
U Rwanda rwamaganye ibihano Amerika yafatiye Gen (Rtd) Kabarebe
20 February 2025, by Iradukunda SergeLeta y’u Rwanda yanenze ibihano Amerika yafatiye Gen (Rtd) James Kabarebe, imushinja uruhare mu ntambara umutwe wa M23 uhanganyemo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Hasobanuwe impamvu Leta yongereye imisoro n’amahoro ku bicuruzwa bitandukanye
11 February 2025, by Ndahayo EmmanuelMu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 10 Gashyantare 2025, hemejwe amategeko y’imisoro n’amabwiriza ya Minisitiri azagira uruhare rukomeye mu kuzamura ubukungu no guteza imbere imibereho myiza y’Abanyarwanda, binyuze mu kongera ubushobozi bwo gushyira mu bikorwa Gahunda ya 2 y’Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2).
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza ku bibazo byo muri RDC
23 February 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza, David Lammy. Baganiriye ku mubano w’u Rwanda n’u Bwongereza, n’uburyo hakenewe igisubizo kirambye ku bibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ariko gishingiye ku biri kubera muri iki gihugu nyirizina.
-
Abangavu barenga ibihumbi 22 batewe inda mu 2024
11 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, yatangaje ko abangavu 22.454 basambanyijwe bakanaterwa inda mu mwaka wa 2024, bigaragaza ko ari ikibazo gikomereye umuryango kigomba guhagurukirwa.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Chi-Man Kwan uri mu bashinze Raffles Family Office
24 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru akaba n’umwe mu bashinze ikigo Raffles Family Office, Chi-Man Kwan, byibanze ku iterambere ry’imiyoborere no guhanga udushya mu bigo by’imari, hanagarukwa ku mahirwe y’ishoramari ari mu nzego zitandukanye mu Rwanda.
-
Ba mukerarugendo 45 bo mu rwego ruhanitse batangiye ibikorwa byo gusura u Rwanda
13 February 2025, by Igizeneza Jean DésiréAhagana Saa Sita zuzuye zo kuri uyu wa 12 Gashyantare 2025 ni bwo indege yihariye itwaye ba mukerarugendo 45 bo ku rwego ruhanitse baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, mu rugendo rwabo rwo gusura ibice bitandukanye by’igihugu birimo na Pariki y’Ibirunga.
-
Hazubakwa inzu 600 zigezweho: Amateka ya Kangondo na Kibiraro agiye guhinduka (Amafoto)
14 February 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMuri Nzeri 2022, ni bwo abaturage bari batuye mu midugudu ya Kangondo na Kibiraro yo mu Kagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, bimuriwe mu mudugudu ugezweho wa Busanza ku bw’inyungu rusange no ku bw’ubuzima bwabo bwashoboraga guhungabana kubera imyubakire yaho.
-
Ambasaderi César yanenze abadepite ba EU basabiye u Rwanda ibihano
13 February 2025, by Jean de Dieu TuyizereAmbasaderi w’u Rwanda mu Budage, Igor César, yanenze abagize Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’Uburayi (EU) basabye Komisiyo n’Akanama k’uyu muryango gufatira u Rwanda ibihano.
IGIHE