Perezida wa Repubulika yagize Soraya Hakuziyaremye Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, asimbuye John Rwangombwa.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Soraya Hakuziyaremye yagizwe Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda
25 February 2025, by Iradukunda Serge -
Ibyo wamenya kuri Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, inshuti magara y’u Rwanda
16 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteHashize iminsi mike Qatar n’u Rwanda byemeranyije ku mbanzirizamushinga yo gukuriranaho Visa ku baturage bafite pasiporo zisanzwe, icyemezo cy’amateka cyatuma igihe kizaba gitangiye kubahirizwa, Umunyarwanda azajya agera muri iki gihugu yerekane pasiporo ubundi akomeze nk’uwinjiye mu wundi mujyi w’u Rwanda.
-
Perezida Kagame yagaragaje ko Afurika idakwiriye gutinya inshingano zo kwikemurira ibibazo
14 February 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yatangaje ko bitewe n’uko ibintu bigenda bihindagurika umunsi ku wundi, Abanyafurika bakwiriye gukora uko bashoboye kose bagahangana n’ibibazo byabo ndetse bagashaka n’uburyo bwo kubikemura, aho guhora bategereje ko hari undi waza kubibakorera.
-
Ntabwo dutewe ubwoba n’ibihano - Minisitiri Nduhungirehe
26 February 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko nta bwoba u Rwanda rufite bw’ibihano rushobora gufatirwa n’amahanga arushinja gushyigikira M23, ashimangira ko icyo rushyize imbere ari umutekano w’igihugu n’abaturage bacyo.
-
Igiciro cy’indabo cyatumbagiye, abacuruzi zibabana nke: Uko byari byifashe i Kigali ku munsi wa Saint Valentin
15 February 2025, by Mugisha ChristianUmuturage wabaga mu Rwanda mu 1998, ni we wavuga ko umunsi wa Saint Valentin ari bwo watangiye kwizihizwa mu urw’imisozi igihumbi.
-
Gukerensa ikibazo cya FDLR ni ugusuzugura amateka y’u Rwanda- Perezida Kagame
15 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yanenze ibihugu bikomeje gukerensa ikibazo cya FDLR iri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hafi y’umupaka w’u Rwanda, ikaba imaze igihe ifatanya n’ingabo za FARDC mu guhungabanya umutekano w’igihugu, abahamiriza ko kutagiha uburemere gifite ari ugusuzugura amateka y’u Rwanda kandi rudateze kubyihanganira.
-
U Bwongereza bwasabwe ibisobanuro kuri Minisitiri wabwo wahuje Nduhungirehe n’ubwicanyi bwa ADF
27 February 2025, by IGIHEMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko adashobora kwihanganira amagambo ya Minisitiri w’u Bwongereza ushinzwe Afurika, Collins of Highbury, washatse kumuhuza n’impfu z’abantu 70 bishwe n’umutwe w’iterabwoba wa ADF muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Ndayishimiye hagati y’urupfu n’umupfumu
17 February 2025, by IGIHEMu gihe intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irushaho gufata intera, abarwanyi ba M23 binjira mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyepfo nyuma yo gufata Goma muri Kivu y’Amajyaruguru tariki 27 Mutarama 2025, Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yari yananiwe kubahiriza amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare yagiranye na Félix Tshisekedi kuko ingabo ze zikomeje gupfa ku bwinshi.
-
Abavuye i Bukavu bavuze ku busahuzi bwa FARDC n’intwaro zigabijwe n’amabandi (Video)
17 February 2025, by Philbert GirinemaNyuma y’aho abarwanyi b’umutwe wa M23 bafashe Umujyi wa Bukavu, ubuzima bwatangiye kugaruka, bitandukanye n’uko byari bimeze mu mpera z’icyumweru. Guhera ahari isoko ryitwa Beach Muhanzi n’isoko rwagati ryo mu Mujyi wa Bukavu muri Komine Kadutu, ku isoko rya Nyawera, Nguba, ahitwa nko kuri Feu Rouge muri Komine Ibanda ndetse no kuri Brasserie muri Komine Bagira, hose abantu barakora nk’ibisanzwe.
-
António Guterres wa Loni yashimangiye isenywa ry’umutwe wa FDLR
18 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres yatangaje ko intangiriro yo gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC ikwiye kuba gusenya umutwe wa FDLR, abanyamahanga bose bahari bagataha na ho abenegihugu bagashaka uko babana mu bumwe buzira amoko abaryanisha.
IGIHE