Perezida Paul Kagame yakiriye Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Banki Nyarwanda Itsura Amajyambere (BRD), Bobby Pittman, aho ibiganiro by’impande zombi byibanze ku mahirwe y’ishoramari ari mu Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya BRD
28 February 2025, by IGIHE -
Aba mbere bamaze kwambuka - Umupaka wa Rusizi I wongeye kuba nyabagendwa (Amafoto)
18 February 2025, by Nsanzimana ErnesteAbanyarwanda n’Abanye-Congo bishimiye ko umupaka wa Rusizi I wongeye kuba nyabagendwa nyuma y’iminsi itatu wari umaze udakora kubera umutekano muke wari mu Mujyi wa Bukavu.
-
Amerika yoherereje u Rwanda Napoleon Mbonyunkiza wahamijwe ibyaha bya Jenoside
4 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteLeta Zunze Ubumwe za Amerika zohereje mu Rwanda Mbonyunkiza Ahmed Napoleon wahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi n’Inkiko Gacaca, kugira ngo aryozwe uruhare rwe.
-
Iterambere ry’u Rwanda rizakomeza nta Bubiligi - Minisitiri Nduhungirehe
18 February 2025, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yasobanuye ko nubwo u Rwanda rwahagaritse imikoranire yabwo n’u Bubiligi, bitazahungabanya na busa iterambere ryarwo, ashimangira ko ahubwo rizakomeza mu murongo waryo nta nkunga ituruka muri icyo gihugu cyo mu Burayi.
-
Perezida Kagame yavuze ikimutangaza ku Bubiligi busabira u Rwanda ibihano
19 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yatangaje ko hari ikibazo gikomeye cy’ibihugu by’i Burayi bitavugisha ukuri mu bibazo by’umutekano muke byugarije Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, by’umwihariko u Bubiligi bufite uruhare rukomeye mu bibazo by’akarere nyamara bukaba ari bwo butera hejuru busabira u Rwanda ibihano.
-
U Rwanda rwatangiye gutoza abasirikare ba Mozambique
8 March 2025, by Iradukunda SergeUmuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen. Ronald Rwivanga, yatangaje ko Ingabo z’u Rwanda zatangiye inshingano zo gutoza abasirikare ba Mozambique, ndetse mu minsi iri imbere 600 ba mbere bazasoza amasomo.
-
Imishinga y’iterambere y’u Bubiligi u Rwanda rwahagaritse yari ifite agaciro k’arenga miliyari 140 Frw
19 February 2025, by Uwimana AbrahamU Rwanda rwasheshe amasezerano y’imikoranire n’u Bubiligi mu mishinga y’iterambere yari ifite agaciro ka miliyoni 95 z’Amayero [asaga miliyari 140 Frw] kuva mu 2024-2029, aho kuri ubu ayari asigaye gukoreshwa ari agera kuri miliyoni 80 z’Amayero [asaga miliyari 118 Frw].
-
Amasaha ya nyuma y’Ingabo za Congo mu Mujyi wa Bukavu (Amafoto na Video)
19 February 2025, by IGIHENta muturage n’umwe wo muri Kivu y’Amajyepfo by’umwihariko mu Mujyi wa Bukavu watunguwe ubwo ku wa Gatanu tariki ya 14 Gashyantare, umutwe wa M23 winjiraga muri aka gace. Bose bari bamaze iminsi babyiteguye, banasaba ko abarwanyi b’uwo mutwe babatabara bwangu kubera akarengane bari bamaze iminsi bahura nako.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko u Bubiligi nta rukundo bufitiye Abanyarwanda
19 February 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragarije u Bubiligi ko nta rukundo bwigeze bugirira Abanyarwanda nubwo bugaragaza ko bwabafashaga bubinyujije mu nkunga y’amafaranga.
-
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rudashishikajwe n’amabuye y’agaciro ya RDC
8 March 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yashimangiye ko umutekano w’u Rwanda ari cyo kintu cya mbere kirushishakaje, aho kuba umutungo kamere wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) nk’uko bamwe babivuga.
IGIHE