Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yatangaje ko u Rwanda rugiye gushyiraho ikigo cyitezweho kwigisha ibirebana n’ikoranabuhanga, umutekano muri byo ndetse n’uburyo ryakwifashishwa mu ngeri zitandukanye cyitwa Cyber Academy.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda rugiye gushyiraho ikigo cyigisha ibirebana n’umutekano w’ikoranabuhanga
13 March 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Imitwe ya politike 11 ikorera mu Rwanda yamaganye umuryango mpuzamahanga ushyigikiye abajenosideri
25 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteIhuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki, NFPO, ryatangaje ko ryamaganye amahanga yatereye agati mu ryinyo Abatutsi, Abanyamulenge n’Abahima bakicwa mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kugira uruhare mu gukemura ibibazo bagahitamo kubyegeka ku Rwanda.
-
Igisubizo cy’u Rwanda ku cyemezo cy’u Bwongereza cyo kubogamira ku ruhande rwa RDC
25 February 2025, by IGIHEMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yatangaje ko ingamba zo gufatira u Rwanda ibihano zafashwe n’u Bwongereza bubyita igisubizo mu gukemura ibibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, ari ukubogamira ku ruhande rumwe, ndetse ari ibintu byo kwicuza.
-
Stephanie Nyombayire yagaragaje impamvu umuryango mpuzamahanga utifuriza RDC amahoro
26 February 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Stephanie Nyombayire, yagaragaje ko umuryango mpuzamahanga utifuriza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo amahoro, kuko aramutse abonetse, wabihomberamo.
-
Col Stanislas Gashugi yazamuwe mu ntera anagirwa Umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo zidasanzwe muri RDF
15 March 2025, by IGIHEPerezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Col Stanislas Gashugi amuha ipeti rya Brigadier General ndetse amuha kuyobora Umutwe w’Ingabo zidasanzwe, Special Operations Force.
-
Dosiye ya Agathe Habyarimana yongeye kubyutswa
18 March 2025, by IGIHEIshami rishinzwe gukurikirana ibyaha by’iterabwoba mu Bushinjacyaha bw’u Bufaransa (PNAT), ryasabye Urukiko rw’Ubujurire guhabwa ikirego cya Agathe Kanziga Habyarimana ngo yongere gukorwaho iperereza ku ruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi kuko bigaragara ko mbere hari harebwe ku bikorwa bike cyane.
-
Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro buzinjiriza u Rwanda miliyari 1,3$ mu 2024/25
28 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUrwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli na Gaz (RMB) rugaragaza ko ibikorwa byo kongerera agaciro amabuye y’agaciro no kohereza ku isoko mpuzamahanga ubwoko butandukanye ari imwe mu ntwaro zizatuma amafaranga rwinjiza agera kuri miliyari 1,3$ mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/2025.
-
Emir wa Qatar yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi
18 March 2025, by IGIHEEmir wa Qatar yahuje Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu biganiro bigamije guhosha umwuka mubi umaze igihe hagati y’ibihugu byombi.
-
Brig Gen Gakwerere wa FDLR n’abandi barwanyi 13 bashyikirijwe u Rwanda (Amafoto na Video)
1 March 2025, by Jean de Dieu Tuyizere, Philbert GirinemaUmutwe witwaje intwaro wa M23 washyikirije u Rwanda, Brig Gen Gakwerere Jean Baptiste, wari Umunyamabanga Mukuru w’Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR n’abandi barwanyi bawo 13.
-
Soraya Hakuziyaremye yavuze kuri John Rwangombwa n’umurage yifuza gusigira BNR
3 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuGuverineri mushya wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, yavuze ku rwibutso afite kuri John Rwangombwa wari umaze imyaka 12 kuri uwo mwanya, yemeza ko yari umuyobozi uharanira kubaka ubushobozi bw’abakozi.
IGIHE