Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko ibiciro ku masoko byazamutseho 6,3% muri Gashyanyare ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu 2024, bitewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byiyongereye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibiciro ku isoko byazamutseho 6,3%
10 March 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Ikibazo cya Tshisekedi ni indimi ze ebyiri- Minisitiri Nduhungirehe
23 February 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, afite ikibazo cy’indimi ebyiri, aho hamwe yumvikana avuga ko adateze kuganira n’umutwe wa M23, ubundi yaba ari kumwe n’abo mu Burengerazuba bw’Isi akababwira ko yiteguye kuganira na yo.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’uhagarariye Banki y’Isi mu bihugu birimo u Rwanda
10 March 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yakiriye Qimiao Fan uhagarariye Banki y’Isi mu Rwanda, Kenya, Somalia na Uganda, baganira ku bufatanye busanzwe n’ubwo mu gihe kizaza.
-
Tshisekedi yemeye guhonga Amerika n’Abanyaburayi amabuye y’agaciro ngo botse u Rwanda igitutu
23 February 2025, by Iradukunda SergePerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi yatangiye kureba uko yakorana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibindi bihugu by’i Burayi mu bijyanye n’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro y’igihugu cye, kugira ngo nabyo bimufashe guhangana na M23.
-
Perezida Kagame yagaragaje ko RDC itakabaye isabiriza kandi ifite umutungo mwinshi
11 March 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itakabaye yirirwa isabiriza inkunga mu mahanga kandi ifite umutungo kamere mwinshi.
-
Kabila yiniguye: Yise Tshisekedi umunyagitugu, atanga igisubizo kuri M23 n’umwuka mubi hagati ya RDC n’u Rwanda
23 February 2025, by IGIHEJoseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatoboye aravuga, ashinja Félix Antoine Tshisekedi wamusimbuye kuba umunyagitugu, ukomeje gutuma igihugu cyisanga mu manga.
-
Bamwe bacitse amaguru: Abasirikare ba Afurika y’Epfo bakomerekeye muri Congo batashye banyuze mu Rwanda
24 February 2025, by IGIHEAbasirikare ba Afurika y’Epfo bari bamaze igihe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, banyuze mu Rwanda bataha mu gihugu cyabo, nyuma y’aho basabye umutwe wa M23 kubemerera kuva i Goma.
-
Ibintu bitatu byakemura ibibazo bya RDC mu mboni za Perezida Kagame
12 March 2025, by IGIHEPerezida Kagame yatangaje ingingo eshatu abona zashingirwaho zikaba igisubizo ku bibazo bimaze igihe byarayogoje uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, birimo kwemera guhagarika intambara, kumvikana na M23 ndetse no kuzirikana ko umutekano w’u Rwanda ari ikintu kitagomba kugibwaho impaka.
-
David Lappartient wa UCI yashwishurije abatifuza ko Shampiyona y’Isi mu magare ibera mu Rwanda
25 February 2025, by Iradukunda OlivierPerezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI), David Lappartient, yatangaje ko nta yandi mahitamo ahari y’aho kujyana Shampiyona y’Isi, usibye mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’intiti za Afurika zikomeje kuyivamo zikajya gukorera ahandi
25 February 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yatangaje ko abayobozi ba Afurika bakwiriye kwibaza impamvu abahanga kuri uyu mugabane, bahitamo kujya gukorera ahandi, bagakemura icyo kibazo mu iterambere rya Afurika.
IGIHE