Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli na Gaz (RMB) rugaragaza ko ibikorwa byo kongerera agaciro amabuye y’agaciro no kohereza ku isoko mpuzamahanga ubwoko butandukanye ari imwe mu ntwaro zizatuma amafaranga rwinjiza agera kuri miliyari 1,3$ mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/2025.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro buzinjiriza u Rwanda miliyari 1,3$ mu 2024/25
28 February 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Emir wa Qatar yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi
18 March 2025, by IGIHEEmir wa Qatar yahuje Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu biganiro bigamije guhosha umwuka mubi umaze igihe hagati y’ibihugu byombi.
-
Brig Gen Gakwerere wa FDLR n’abandi barwanyi 13 bashyikirijwe u Rwanda (Amafoto na Video)
1 March 2025, by Jean de Dieu Tuyizere, Philbert GirinemaUmutwe witwaje intwaro wa M23 washyikirije u Rwanda, Brig Gen Gakwerere Jean Baptiste, wari Umunyamabanga Mukuru w’Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR n’abandi barwanyi bawo 13.
-
Soraya Hakuziyaremye yavuze kuri John Rwangombwa n’umurage yifuza gusigira BNR
3 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuGuverineri mushya wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, yavuze ku rwibutso afite kuri John Rwangombwa wari umaze imyaka 12 kuri uwo mwanya, yemeza ko yari umuyobozi uharanira kubaka ubushobozi bw’abakozi.
-
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wazamutseho 8,9% mu 2024, ugera kuri miliyari 18.785 Frw
19 March 2025, by Philbert GirinemaIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko mu 2024, umusaruro mbumbe w’u Rwanda wari miliyari 18,785 Frw avuye kuri miliyari 16.626 Frw mu 2023. Serivisi zabigizemo uruhare rungana na 48% mu gihe ubuhinzi bufite uruhare rwa 25%.
-
Guverinoma ya RDC ni yo igomba gufatirwa ibihano-Minisitiri Nduhungirehe
2 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari yo ikwiye gufatirwa ibihano kuko hari byinshi yanze kubahiriza byari gukemura ibibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwayo, ikanagerekaho kwica Abanyamulenge n’Abahema no gufatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR wakoze Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe ubutasi mu Nteko ya Amerika
21 March 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame kuri uyu wa 21 Werurwe 2025 yakiriye Umuyobozi wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe ubutasi n’ibikorwa byihariye by’igisirikare, Dr. Ronny Jackson.
-
Hagaragajwe icyafasha Afurika guhangana n’ihagarikwa ry’inkunga zakoreshwaga mu rwego rw’ubuzima
3 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuInzego zitandukanye muri Afurika zagaragarijwe ko mu gihe hari igabanuka ry’inkunga z’amahanga kuri uyu mugabane, hakenewe gukorwa ishoramari mu bikorwa byo guteza imbere urwego rw’ubuzima ndetse no kwimakaza imikoranire hagati y’ibihugu.
-
RwandAir yasubitse ingendo zijya i Londres kubera ifungwa ry’ikibuga cya Heathrow
21 March 2025, by IGIHEUbuyobozi bwa Sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, bwatangaje ko bwasubitse ingendo ziva cyangwa zijya i Londres mu Bwongereza kubera ikibuga cy’indege cya Heathrow cyagize ibibazo by’amashanyarazi kigahagarika imirimo.
-
Buri mwaka hava toni 1000: Dusure ikirombe cy’u Rwanda gicukurwamo Wolfram nyinshi muri Afurika
4 March 2025, by Igizeneza Jean DésiréIkirombe cy’amabuye y’agaciro cya Nyakabingo giherereye mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa Shyorongi, ni cyo cya mbere muri Afurika gicukurwamo amabuye menshi azwi nka ‘Wolfram’.
IGIHE