Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko mu 2024, umusaruro mbumbe w’u Rwanda wari miliyari 18,785 Frw avuye kuri miliyari 16.626 Frw mu 2023. Serivisi zabigizemo uruhare rungana na 48% mu gihe ubuhinzi bufite uruhare rwa 25%.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wazamutseho 8,9% mu 2024, ugera kuri miliyari 18.785 Frw
19 March 2025, by Philbert Girinema -
Guverinoma ya RDC ni yo igomba gufatirwa ibihano-Minisitiri Nduhungirehe
2 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari yo ikwiye gufatirwa ibihano kuko hari byinshi yanze kubahiriza byari gukemura ibibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwayo, ikanagerekaho kwica Abanyamulenge n’Abahema no gufatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR wakoze Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe ubutasi mu Nteko ya Amerika
21 March 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame kuri uyu wa 21 Werurwe 2025 yakiriye Umuyobozi wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe ubutasi n’ibikorwa byihariye by’igisirikare, Dr. Ronny Jackson.
-
Hagaragajwe icyafasha Afurika guhangana n’ihagarikwa ry’inkunga zakoreshwaga mu rwego rw’ubuzima
3 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuInzego zitandukanye muri Afurika zagaragarijwe ko mu gihe hari igabanuka ry’inkunga z’amahanga kuri uyu mugabane, hakenewe gukorwa ishoramari mu bikorwa byo guteza imbere urwego rw’ubuzima ndetse no kwimakaza imikoranire hagati y’ibihugu.
-
RwandAir yasubitse ingendo zijya i Londres kubera ifungwa ry’ikibuga cya Heathrow
21 March 2025, by IGIHEUbuyobozi bwa Sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, bwatangaje ko bwasubitse ingendo ziva cyangwa zijya i Londres mu Bwongereza kubera ikibuga cy’indege cya Heathrow cyagize ibibazo by’amashanyarazi kigahagarika imirimo.
-
Buri mwaka hava toni 1000: Dusure ikirombe cy’u Rwanda gicukurwamo Wolfram nyinshi muri Afurika
4 March 2025, by Igizeneza Jean DésiréIkirombe cy’amabuye y’agaciro cya Nyakabingo giherereye mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa Shyorongi, ni cyo cya mbere muri Afurika gicukurwamo amabuye menshi azwi nka ‘Wolfram’.
-
U Rwanda ruri kwishyuza u Bwongereza arenga miliyari 89 Frw
4 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yasabye u Bwongereza kwishyura miliyoni 50 z’ama-Pound [arenga miliyari 89,2 Frw] akubiye mu masezerano ateganya kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu Bwongereza binyuranye n’amategeko.
-
Rutendo warwanyije u Rwanda yivuye inyuma, yasabye Perezida Kagame imbabazi
4 March 2025, by Jean de Dieu TuyizereImpirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Zimbabwe, Rutendo Matinyarare, yasabye Perezida Paul Kagame n’Abanyarwanda imbabazi, nyuma y’igihe kinini arwanya u Rwanda yivuye inyuma.
-
U Rwanda rwahamagaje Ambasaderi wa Canada kubera imyitwarire y’igihugu cye
5 March 2025, by Iradukunda SergeMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yahamagaje Ambasaderi wa Canada mu Rwanda, kugira ngo atange ibisobanuro ku myitwarire y’igihugu cye cyashinje u Rwanda ubwicanyi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi wa AIMS na Dr. Sidi Ould Tah ushaka kuyobora AfDB
21 March 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi b’Ikigo Nyafurika gishinzwe guteza imbere Ubumenyi bushingiye ku Mibare (AIMS) barangajwe imbere na Professor Neil Turok wagishinze.
IGIHE