Ihuriro ry’Abagize Inteko Ishinga Amategeko rikumira Jenoside, Ipfobya n’Ihakana rya Jenoside yakorewe Abatutsi (AGPF) ryatangaje ko uturere twegereye imipaka ari ho hagaragara ibikorwa bifitanye isano n’ingengabitekerezo ya Jenoside, harimo n’igaragara ku bana bato.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Imungu yegereye imipaka: Ishusho y’ingengabitekerezo ya Jenoside mu mboni z’Inteko y’u Rwanda
5 March 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
U Rwanda rwakiriye neza icyemezo cya M23 cyo gusubira inyuma
23 March 2025, by IGIHELeta y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cy’umutwe wa M23, watangaje ko wasubiye inyuma, ukava mu gace ka Walikale wari wigaruriye ku itariki ya 19 Werurwe.
-
Yizeraga ko azamanika ibendera i Kigali - Gen (Rtd) Kabarebe yagaragaje umugambi wa Tshisekedi
5 March 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yagaragaje ko Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yizeraga ko azatera u Rwanda, akazamura ibendera ry’igihugu cye i Kigali.
-
Perezida Kagame yagaragarije bagenzi be ba EAC na SADC ko ubusugire bw’u Rwanda bukwiye kubahwa
25 March 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yagaragarije abakuru b’ibihugu bagenzi be ko ubusugire bw’u Rwanda n’ubwigenge bwarwo bukwiye kubahwa nk’uko ubw’ibindi bihugu bwubahwa.
-
Minisitiri Dr. Volker Wissing w’u Budage yashishikarije abantu gusura u Rwanda
6 March 2025, by Karirima A. NgarambeMinisitiri w’Ikoranabuhanga n’ibikorwaremezo w’u Budage, Dr. Volker Wissing, yavuze ko u Rwanda ari igihugu cyiza, gifite abantu beza n’ibyiza nyaburanga, ashishikariza abantu kurusura.
-
Inyungu ya BPR Bank Rwanda Plc yageze kuri miliyari 29,7 Frw
27 March 2025, by Ndahayo EmmanuelInyungu ya BPR Bank Rwanda Plc yageze kuri miliyari 29,7 Frw nyuma yo kwishyura umusoro mu 2024, izamuka rya 14,7% ugereranyije n’inyungu ya miliyari 25,9 Frw iyi banki yari yungutse mu 2023.
-
Ingabire wa FDLR, FDU-Inkingi na Dalfa Umurinzi ntaho batandukaniye- Minisitiri Dr. Bizimana
6 March 2025, by IGIHEMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean-Damascène Bizimana, yatangaje ko Ingabire Victoire Umuhoza wakoranye igihe kinini na FDLR akaza gushinga amashyaka atemerewe gukorera mu Rwanda n’ubu atigeze ahinduka.
-
Imbamutima z’Abasirikare b’u Rwanda barinda Perezida Touadéra na Madamu we (Video)
6 March 2025, by Philbert GirinemaMu 2016, Elisée Nkurikiyineza yinjiye mu Ngabo z’u Rwanda. Nyuma y’imyaka icyenda akora umwuga w’igisirikare, afite ipeti rya Lieutenant. Si umusirikare usanzwe, ahubwo abarizwa mu itsinda rishinzwe kurinda abayobozi bakuru.
-
RDC ifite igisirikare kidashinga, cyamunzwe na ruswa- Yolande Makolo
6 March 2025, by Iradukunda SergeUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko imwe mu mpamvu itera ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuryama ku mutwe wa FDLR, ari uko iki gihugu gifite igisirikare kidashinga, kandi cyamunzwe na ruswa ku buryo nta bushobozi gifite bwo kurwana.
-
U Rwanda rwabujije imiryango itari iya leta gukorana n’u Bubiligi
27 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwabujije imiryango itari iya Leta yaba iyo mu gihugu na mpuzamahanga, Imiryango ishingiye ku myemerere n’imiryango igamije inyungu rusange yanditse inakorera ku butaka bw’u Rwanda, kugirana imikoranire iyo ari yo yose na Guverinoma y’u Bubiligi cyangwa ibigo biyishamikiyeho.
IGIHE