Perezida Kagame yavuze ko umwe mu barwanyi ba FDLR baherutse gushyikirizwa u Rwanda, ari we wishe nyina wabo, Rosalie Gicanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ni we wishe mama wacu - Perezida Kagame avuga kuri Brig Gen Gakwerere wahoze muri FDLR
12 March 2025, by IGIHE -
Perezida Kagame yasezeye kuri Maj Gen Mwaisaka usoje inshingano zo guhagararira Tanzania mu Rwanda
2 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yakiriye Ambasaderi wa Tanzania, Maj Gen Ramson Godwin Mwaisaka, usoje inshingano zo guhagararira igihugu cye mu Rwanda.
-
Brig Gen Rwivanga yavuze kuri Gen Omega wa FDLR
14 March 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yagaragaje ko hakiri urujijo ku muyobozi w’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, Pacifique Ntawunguka wamenyekanye nka Gen Omega, bivugwa ko ashobora kuba yarishwe.
-
Perezida Kagame yakiriye Bogdan-Martin wa ITU n’intumwa ya Loni mu by’ikoranabuhanga
3 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro Muzamahanga ry’Ikoranabuhanga mu Itumanaho (ITU) Doreen Bogdan-Martin, bagaruka ku gushaka ibisubizo biganisha ku iterambere rishingiye ku ikoranabuhanga.
-
U Rwanda n’u Burundi biri mu nzira nziza yo guhagarika ubushyamirane - Minisitiri Nduhungirehe
14 March 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda n’u Burundi biri mu nzira nziza yo guhagarika ubushyamirane bifitanye.
-
Perezida Kagame yahuye n’Umunyamabanga Mukuru wa EAC
4 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yahuye n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Veronica Mueni Nduva baganira ku ngingo zitandukanye.
-
Mu myaka itanu hanyerejwe miliyari 48 Frw: Ishusho y’ibyaha bimunga ubukungu mu Rwanda
16 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUrwego rushinzwe ubutasi mu by’imari mu Rwanda rwagaragaje ko mu myaka itanu ishize, ibyaha bimunga ubukungu n’imari by’igihugu byakomeje kwiyongera, rusaba ko hashyirwa imbaraga mu kubirwanya.
-
Perezida Kagame yitabiriye umusangiro w’Abaminisitiri b’ubuzima bo muri Afurika
4 April 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yitabiriye umusangiro n’abaminisitiri b’ubuzima bo muri Afurika bitabiriye umuhango wo gutangiza ikigo cy’u Rwanda cyifashisha ubwenge buhangano (AI) mu gukusanya no kubika amakuru yerekeye ubuzima.
-
Gen Makenga yavuze kuri Tshisekedi ushaka gutera u Rwanda, ubufasha buhabwa FDLR, Monusco n’ibindi
14 March 2025, by IGIHEAlain Destexhe wahoze ari Umusenateri muri Guverinoma y’u Bubiligi, yagiranye ikiganiro na Gen Sultan Makenga, uyobora umutwe wa gisirikare wa M23, cyagarutse ku ngingo zinyuranye z’ibiri kubera mu Burasirazuba bwa Congo.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko u Bubiligi ari bwo bwazambije umubano wabwo n’u Rwanda
15 March 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko u Bubiligi ari bwo ntandaro y’umubano wazambye hagati yabwo n’u Rwanda.
IGIHE