Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), kigaragaza ko buri mwaka mu Rwanda abantu 3200 bandura Virusi itera Sida, mu gihe abagera ku 2600 bahitanwa na yo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Buri mwaka handura abantu 3200, ikica 2600: Ishusho ya Sida mu Rwanda
13 March 2025, by Hakizimana Jean Paul -
Uguha inkunga anagenzura ubuzima bwawe - Perezida Kagame
12 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yatangaje ko inkunga igihugu gihabwa zikwiye kuba izigifasha kwiyubaka mu bushobozi kugira ngo mu bihe bizaza kizabashe kwibeshaho, kuko umuntu wese uguha ibigutunga anagenzura ubuzima bwawe agahora ashaka kugutegeka ibyo ukora n’aho werekeza.
-
Nakwifuje ko atakabaye ari perezida wa kiriya gihugu cyiza - Perezida Kagame kuri Tshisekedi
12 March 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Kagame yavuze ko aramutse yongeye kwicarana na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yamubwira ko abona atari akwiriye kuba ayobora icyo gihugu.
-
Perezida Kagame yifurije Abayisilamu umunsi mwiza wa Eid al-Fitr
30 March 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yifurije Abayisilamu bo mu Rwanda no ku Isi yose umunsi mwiza wa Eid al-Fitr, wizihijwe kuri uyu wa 30 Werurwe 2025, abasaba gukomeza kugira indangagaciro z’impuhwe, ubumwe n’ubugwaneza.
-
Bari guhimba Jenoside mu guhisha inenge zabo - Stephanie Nyombayire ku bayobozi ba RDC
1 April 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmuvugizi w’ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Stephanie Nyombayire, yagaragaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buri guhimba Jenoside mu rwego rwo gutwikira amakosa yabwo.
-
Ni we wishe mama wacu - Perezida Kagame avuga kuri Brig Gen Gakwerere wahoze muri FDLR
12 March 2025, by IGIHEPerezida Kagame yavuze ko umwe mu barwanyi ba FDLR baherutse gushyikirizwa u Rwanda, ari we wishe nyina wabo, Rosalie Gicanda.
-
Perezida Kagame yasezeye kuri Maj Gen Mwaisaka usoje inshingano zo guhagararira Tanzania mu Rwanda
2 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yakiriye Ambasaderi wa Tanzania, Maj Gen Ramson Godwin Mwaisaka, usoje inshingano zo guhagararira igihugu cye mu Rwanda.
-
Brig Gen Rwivanga yavuze kuri Gen Omega wa FDLR
14 March 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yagaragaje ko hakiri urujijo ku muyobozi w’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, Pacifique Ntawunguka wamenyekanye nka Gen Omega, bivugwa ko ashobora kuba yarishwe.
-
Perezida Kagame yakiriye Bogdan-Martin wa ITU n’intumwa ya Loni mu by’ikoranabuhanga
3 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro Muzamahanga ry’Ikoranabuhanga mu Itumanaho (ITU) Doreen Bogdan-Martin, bagaruka ku gushaka ibisubizo biganisha ku iterambere rishingiye ku ikoranabuhanga.
-
U Rwanda n’u Burundi biri mu nzira nziza yo guhagarika ubushyamirane - Minisitiri Nduhungirehe
14 March 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda n’u Burundi biri mu nzira nziza yo guhagarika ubushyamirane bifitanye.
IGIHE