Perezida Paul Kagame yakiriye Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni mu Karere k’ibiyaga bigari, Huang Xia, bagirana ibiganiro byibanze ku mutekano wo mu Karere no gushyigikira inzira ziri kwifashishwa n’Akarere mu gukemura ikibazo cy’umutekano muke.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye mu biro bye intumwa yihariye ya Loni mu Karere k’ibiyaga bigari
6 April 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Nta muntu ushobora kuguha ubuzima- Perezida Kagame
16 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yatangaje ko u Rwanda ruha agaciro buri wese ushaka gukorana na rwo mu nzira igana ku iterambere, ariko amasomo rwavanye mu mateka atuma abantu bagomba kwishyira hamwe bagakorera igihugu kuko nta muntu ushobora guha abantu ubuzima.
-
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kudakubitwa mu musaya umwe ngo batege undi
16 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko nk’umuntu ntawe yakwemerera ko amukubita urushyi mu musaya umwe, ngo nawe atege undi, asaba Abanyarwanda bose kugira imyumvire nk’iyo.
-
Perezida Kagame yatangije icyumweru cy’icyunamo acana urumuri rw’icyizere
7 April 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bacana urumuri rw’icyizere cyerekana ahazaza h’Abanyarwanda.
-
Ntabwo dushaka kuba Ababiligi- Perezida Kagame ku bibazo u Bubiligi buteza u Rwanda
16 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yatangaje ko u Bubiligi bwajujubije u Rwanda kuva mu myaka myinshi ishize, bwica Abanyarwanda ariko inzira yo kwiyubaka n’imbaraga zakoreshejwe mu guharanira iterambere ry’igihugu bigaragaza ko abantu badakeneye kuba Ababiligi cyangwa kwisanisha na bo.
-
Akazi karahagaze, abakozi barasezererwa: Ingaruka z’ihagarikwa rya USAID zatangiye kumvikana i Kigali
17 March 2025, by IGIHEImishinga itandukanye ikorera mu Rwanda yatangaje ko yatangiye kugerwaho n’ingaruka z’icyemezo cy’ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika burangajwe imbere na Donald Trump, cyo guhagarika by’agateganyo ibikorwa by’Ikigo cya Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga [USAID], kugira ngo habanze hagenzurwe imikorere yacyo.
-
Biruta yavuze uko yanze kugura imyenda ya MRND no ku mapantalo yagombaga kuzambara yafunzwe
18 March 2025, by Philbert GirinemaDr. Vincent Biruta yagarutse ku buzima bwe bw’ubuto, uko yagize amahirwe akiga mu Iseminari no muri Kaminuza y’u Rwanda nubwo hari ivangura rikomeye mu gihugu, aho aboneye akazi, atangira gucunaguzwa ku buryo yigeze guhatirwa kwambara imyenda ya MRND.
-
U Rwanda rwaciye umubano n’u Bubiligi, runirukana Abadipolomate babwo
17 March 2025, by Philbert GirinemaGuverinoma y’u Rwanda yamenyesheje iy’u Bubiligi ko yahagaritse umubano wayo nabwo mu bya dipolomasi, inategeka Abadipolomate b’iki gihugu kuba bavuye ku butaka bwarwo mu gihe kitarenze amasaha 48.
-
Perezida Kagame yitabiriye Walk to Remember n’Umugoroba wo Kwibuka
7 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka ruzwi nka Walk to remember rwabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 7 Mata 2025.
-
Ni we Munyafurika wa mbere wabonye ‘Professorat’ mu Buforomo akiri muto: Urugendo rwa Mukeshimana
21 March 2025, by Léonidas MuhireProf Mukeshimana Madeleine w’imyaka 42 y’amavuko amaze imyaka irenga 20 atangiye urugendo rwamugejeje ku kuba Umunyafurika wa mbere wabonye impamyabumenyi isumba izindi mu buforomo ari munsi y’imyaka 45.
IGIHE