Perezida Paul Kagame yahuye n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Veronica Mueni Nduva baganira ku ngingo zitandukanye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yahuye n’Umunyamabanga Mukuru wa EAC
4 April 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
Mu myaka itanu hanyerejwe miliyari 48 Frw: Ishusho y’ibyaha bimunga ubukungu mu Rwanda
16 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUrwego rushinzwe ubutasi mu by’imari mu Rwanda rwagaragaje ko mu myaka itanu ishize, ibyaha bimunga ubukungu n’imari by’igihugu byakomeje kwiyongera, rusaba ko hashyirwa imbaraga mu kubirwanya.
-
Perezida Kagame yitabiriye umusangiro w’Abaminisitiri b’ubuzima bo muri Afurika
4 April 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yitabiriye umusangiro n’abaminisitiri b’ubuzima bo muri Afurika bitabiriye umuhango wo gutangiza ikigo cy’u Rwanda cyifashisha ubwenge buhangano (AI) mu gukusanya no kubika amakuru yerekeye ubuzima.
-
Gen Makenga yavuze kuri Tshisekedi ushaka gutera u Rwanda, ubufasha buhabwa FDLR, Monusco n’ibindi
14 March 2025, by IGIHEAlain Destexhe wahoze ari Umusenateri muri Guverinoma y’u Bubiligi, yagiranye ikiganiro na Gen Sultan Makenga, uyobora umutwe wa gisirikare wa M23, cyagarutse ku ngingo zinyuranye z’ibiri kubera mu Burasirazuba bwa Congo.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko u Bubiligi ari bwo bwazambije umubano wabwo n’u Rwanda
15 March 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko u Bubiligi ari bwo ntandaro y’umubano wazambye hagati yabwo n’u Rwanda.
-
Alain Mukuralinda yitabye Imana azize umutima
4 April 2025, by IGIHEIbiro by’Ubuvugizi bwa Guverinoma y’u Rwanda, OGS, byatangaje ko Alain Mukuralinda wari Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara k’umutima.
-
Perezida Kagame yasezeye kuri ba ambasaderi b’u Bushinwa na Angola basoje imirimo yabo
15 March 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yasezeye kuri Ambasaderi w’u Bushinwa, Wang Xuekun, n’u wa Angola, Dr. Eduardo Octávio, basoje imirimo yo guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yakiriye mu biro bye intumwa yihariye ya Loni mu Karere k’ibiyaga bigari
6 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yakiriye Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni mu Karere k’ibiyaga bigari, Huang Xia, bagirana ibiganiro byibanze ku mutekano wo mu Karere no gushyigikira inzira ziri kwifashishwa n’Akarere mu gukemura ikibazo cy’umutekano muke.
-
Nta muntu ushobora kuguha ubuzima- Perezida Kagame
16 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yatangaje ko u Rwanda ruha agaciro buri wese ushaka gukorana na rwo mu nzira igana ku iterambere, ariko amasomo rwavanye mu mateka atuma abantu bagomba kwishyira hamwe bagakorera igihugu kuko nta muntu ushobora guha abantu ubuzima.
-
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kudakubitwa mu musaya umwe ngo batege undi
16 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko nk’umuntu ntawe yakwemerera ko amukubita urushyi mu musaya umwe, ngo nawe atege undi, asaba Abanyarwanda bose kugira imyumvire nk’iyo.
IGIHE