Umujyanama Mukuru wa Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yagiranye ibiganiro na Perezida Kagame byagarutse ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba, avuga ko abakuru b’ibihugu byombi barajwe ishinga no gushakira amahoro Akarere.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Trump arashaka ko aya makimbirane arangira vuba - Umujyanama we nyuma yo kuganira na Kagame ku bibazo by’Akarere
8 April 2025, by IGIHE -
Perezida Ndayishimiye yongeye gushoza intambara y’amagambo ku Rwanda
18 March 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye gushoza intambara y’amagambo ku Rwanda, mu gihe impande zombi zari zikomeje ibiganiro bigamije gukemura amakimbirane zifitanye.
-
Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba Teleperformance
9 April 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yakiriye abayobozi bakuru b’ikigo Teleperformance, gitanga serivisi zifashisha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI).
-
Agathe Habyarimana, umugore wategetse ko imibiri y’Abatutsi igaburirwa ingurube
19 March 2025, by IGIHEKu wa 21 Mutarama 1942, i Giciye muri Rubavu y’ubu zari impundu. Inshuti n’abavandimwe berekezaga mu rugo rwa Gervais Magera, umucuruzi wo muri ako gace, bagiye guhemba umugore we Joséphine Nyiranshakiye. Ababyeyi bavuzaga impundu, baterura umukobwa we bamuterera hejuru bose bati “kura ujye juru”. Uwo wari uvutse yari Agathe Kanziga, batatekerezaga ko azaba uwo yabaye we.
-
Impamvu u Rwanda rwasubijeho umusoro ku nyongeragaciro ku birimo imodoka za ‘hybrid’
20 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko hari ubusonerwe bw’umusoro ku nyongeragaciro bwari butakijyanye n’igihe harimo n’ubwashyizweho ku modoka zikoresha moteri z’imberabyombi (hybrid) kuko hari inyinshi zinjiraga mu gihugu zimaze imyaka myinshi ku buryo iri koranabuhanga wasangaga ridakora neza cyagwa rigakora igihe gito.
-
Goma, Bukavu n’ahandi ntihafashwe n’u Rwanda - Minisitiri Nduhungirehe
12 April 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko umuryango mpuzamahanga udakwiye kwitiranya u Rwanda n’ihuriro AFC/M23 kuko atari rwo rwafashe umujyi wa Goma, Bukavu n’ibindi bice byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Tshisekedi yavuze ku biganiro byamuhuje na Kagame muri Qatar, yongera gukerensa ubushobozi bwa FDLR
19 March 2025, by IGIHEPerezida Félix Tshisekedi wa RDC nyuma yo guhurira na Perezida Kagame muri Qatar mu biganiro bigamije gushakira umuti urambye umwuka mubi uri hagati y’ibihugu, yavuze ko yifuza amahoro arambye hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, gusa yongera guca amarenga ko atumvise neza ibibangamiye umutekano w’u Rwanda.
-
Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa Faye wa Sénégal
15 April 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yakiriye ubutumwa bwa mugenzi we uyobora Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, bwazanywe na Minisitiri ushinzwe kwishyira hamwe kwa Afurika n’Ububanyi n’Amahanga, Yassine Fall.
-
Uwahoze ari Visi Perezida w’u Burundi yanyomoje Ndayishimiye washinje u Rwanda guteza amacakubiri
20 March 2025, by Jean de Dieu TuyizereFrédéric Bamvuginyumvira wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 1998 kugeza mu 2001, yagaragaje ko Perezida Evariste Ndayishimiye, yabeshye ubwo yavugaga ko u Rwanda ari rwo ntandaro y’amacakubiri ashingiye ku moko yabaye hagati y’Abarundi.
-
Tariki ya 23 Werurwe: Ishingiro ry’amavuko ya M23
23 March 2025, by Jean de Dieu TuyizereWari umunsi w’akanyamuneza, umunsi w’ibyiringiro nyuma y’imyaka myinshi umutekano w’uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo warahungabanye. Byari ibyishimo ku Banye-Congo bavuga Ikinyarwanda cyane cyane abo mu bwoko bw’Abatutsi kuko bari bizeye ko kera kabaye bagiye gutekana, ntibongere kugirirwa nabi.
IGIHE