Abayobozi b’imiryango ishingiye ku myemerere mu Rwanda, batangaje ko amabwiriza y’inyongera abagenga yashyizweho, arimo ingingo zimwe zikakaye ku buryo babona bizasaba ubufasha kugira ngo bashobore kuyashyira mu bikorwa.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Akari ku mitima y’abayobozi b’amadini n’amatorero mu Rwanda nyuma y’amabwiriza mashya abagenga
22 March 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Uwahoze ari Senateri w’u Bubiligi yavuze ku maherezo ya Goma na Bukavu n’amakosa y’amahanga muri Congo
22 March 2025, by Jean de Dieu TuyizereAlain Destexhe wabaye Senateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bubiligi mu gihe cy’imyaka 24 n’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango MSF w’abaganga batagira umupaka, yagaragaje ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zidafite ubushobozi bwo kwisubiza Umujyi wa Goma na Bukavu.
-
Mitterand yari nka se wa Habyarimana- Perezida Kagame
23 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yatangaje ko ibihugu by’u Bufaransa n’u Bubiligi byagize uruhare rukomeye mu kubuza Loni guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi bitewe n’impamvu zirimo umubano wihariye Perezida François Mitterrand yari afitanye na Habyarimana Juvenal, ndetse no kuba u Bubiligi ari bwo bwatangije politike y’amacakubiri mu Rwanda.
-
Ubukene mu Banyarwanda bwagabanyutseho 12,4%
16 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho y’Ingo muri Rusange (EICV7) bwagaragaje ko ubukene mu Banyarwanda bwagabanyutse mu myaka irindwi ishize bitewe n’imirimo myinshi yahanzwe, ituma ibyo Umunyarwanda yinjiza birushaho kwiyongera.
-
Miliyari 140 Frw zizakoreshwa mu kuvugurura amasangano yo ku Gishushu, Chez Lando na Sonatube
24 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA), cyatangije umushinga wo kuvugurura amasangano atatu y’imihanda muri Kigali, akubakwa mu buryo bugezweho mu mushinga wo guteza imbere ubwikorezi Mujyi wa Kigali.
-
Ingorane zo kwigira mu buhunzi, urukundo rw’igihugu n’uko yiyeguriye iby’amazi- Nyirishema wa RWB yavuze
26 March 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste, Utuje CedricUmuyobozi Nshingwabikorwa w’Ikigo gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi mu Rwanda (RWB), Nyirishema Richard, yatangaje ko igihe yigaga amashuri abanza n’igice kimwe cy’ayisumbuye mu gihugu ababyeyi be bari barahungiyemo bitari byoroshye kuko amanota abanyamahanga basabwaga gutsindiraho yari menshi ugereranyije n’ay’abenegihugu.
-
Kigali si kure uciye mu Kirundo- Ndayishimiye avuga ku gutera u Rwanda
25 March 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara urwanya ubutegetsi bwe nutera i Bujumbura uturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ingabo z’igihugu cyabo na zo zizatera i Kigali.
-
N’aho rwari amabuye: Impamvu u Rwanda rwagombaga guca umubano n’u Bubiligi bwari burugeze habi
31 March 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Bubiligi bwagombaga guca bugufi imbere y’Abanyarwanda kuko bwabiciye Igihugu, buhereye ku kwica Abami babiri bukageza ku kuryanisha bene Kanyarwanda bubacamo amoko, kugeza ubwo abarenga miliyoni bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Iminsi irindwi mbere y’amagambo ya Ndayishimiye: Ibyo Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we w’u Burundi
25 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteKuva muri muri Mutarama 2025, Perezida Ndayishimiye yakajije umurego mu mvugo zumvikanisha ko u Burundi bwiteguye gutera u Rwanda, gusa nyuma yaho habayeho ibiganiro byahuje abayobozi mu nzego zitandukanye, u Rwanda ruvuga ko biri mu nzira nziza zo guhosha umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi.
-
Amasezerano ya Visit Rwanda na PSG yongerewe kugeza mu 2028
16 April 2025, by IGIHEAmasezerano y’ubufatanye yari asanzwe hagati ya Visit Rwanda na Paris Saint-Germain yavuguruwe kugeza mu 2028, nyuma y’uko impande zombi zishimiye umusaruro wayo kuva yatangira mu 2019.
IGIHE