Inama y’Abaminisitiri yagize Col Pacifique Kayigamba Kabanda Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, asimbuye Col (Rtd) Ruhunga Jeannot wari uri kuri uwo mwanya kuva muri Mata 2018.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Col Kabanda yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RIB: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
26 March 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
Ingabo za SADC zizanyura mu Rwanda ziva muri RDC
17 April 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) wasabye u Rwanda guha inzira ingabo zawo ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe zizaba zitashye.
-
Havamo ishyano: Ubusesenguzi ku ntambara y’u Burundi n’u Rwanda imaze iminsi ivugwa na Perezida Ndayishimiye
27 March 2025, by Ndahayo EmmanuelMu minsi ishize, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakunze kumvikana avuga ko hari intambara iri gututumba hagati y’u Rwanda n’u Burundi, akavuga ko u Rwanda rushaka guhungabanya umutekano w’u Burundi, nubwo nta bimenyetso abitangira ndetse u Rwanda rukemeza ko hamaze iminsi hari ibiganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
-
Abatwara ibinyabiziga bagiye kujya bahabwa amanota y’imyitwarire: Ibyemejwe n’Inama y’Abaminisitiri
17 April 2025, by Uwimana AbrahamInama y’Abaminisitiri yemeje umushinga w’Itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda, uteganya amavugurura atandukanye ashingiye kwimakaza ikoreshwa ry’ikoranabuhanga rigezweho, mu rwego rwo kurushaho gukorera mu mucyo no kubazwa inshingano, hagamijwe kunoza umutekano wo mu muhanda no kugabanya impanuka n’abo zihitana.
-
Imvano y’imyubakire yihariye y’Icyicaro Gikuru cya ‘Sawa Citi’ (Video)
5 April 2025, by Iradukunda Serge, Zigiranyirazo BajecteurNiba ukunda ibijyanye n’ubwubatsi, nuzenguruka mu Mujyi wa Kigali rwagati ntuzatinda kubona ko inzu z’ubucuruzi nini zihari hafi ya zose zifite ibintu zihuriyeho, itubatse mu ishusho ya mpande enye, yubatse nk’urukiramende, ikazamurwa mu nkuta enye, mbese bisa nk’aho ari itegeko ry’imyubakire ryatanzwe.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Diomaye Faye wa Sénégal ku mutekano w’Akarere
27 March 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yaganiriye kuri telefone na mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, ku ntambwe imaze guterwa mu kwimakaza umutekano mu Karere binyuze mu biganiro nk’uko imiryango irimo uwa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) yabyemeje.
-
RSSB na BK Group Plc bigiye gushinga ikigo gishya cy’ubwishingizi
17 April 2025, by IGIHERSSB na BK Group Plc byatangaje ko biri mu biganiro bya nyuma bigamije gushinga ikigo gishya cy’ubwishingizi kizahuza BK General Insurance Ltd (BKGI), Sonarwa General Insurance Ltd (SGI) na Sonarwa Life Assurance Company Ltd (SLA).
-
Yashyize itafari ku iterambere ry’abanyamakuru benshi; Urwibutso kuri Jean Lambert Gatare
28 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmunyamakuru Jean Lambert Gatare uheruka kwitaba Imana yavuzwe ibigwi n’abandi banyamakuru barimo abo yafashije kuzamuka ndetse bagaragaza ko yashyize itafari ku iterambere ryabo mu mwuga w’itangazamakuru.
-
Zizatuma u Rwanda ruzigama arenga miliyoni 100$: Ishusho y’inganda nshya zitezweho kuzamura ubukungu
28 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko i Musanze hari kubakwa uruganda ruzakora ibyuma n’iby’ibanze bikenerwa mu gukora ibyuma ruzajya rukora toni ibihumbi 300 ku mwaka, kandi rugafasha n’izindi nganda kubona ibikoresho by’ibanze zikeneye, ashimangira ko Guverinoma y’u Rwanda ifite intego yo guteza imbere inganda zose zigakoresha ubushobozi bwazo.
-
Ibihugu icyenda byakoze ishoramari rinini mu Rwanda mu 2024
19 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuRaporo y’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), yo mu 2024 igaragaza ko u Rwanda rukomeje kuza imbere mu kureshya abashoramari barugana aho muri uwo mwaka handitswe ishoramari rishya ringana na miliyari 3,2 $, ni ukuvuga arenga miliyari 4.528 Frw avuye kuri miliyari 2,4 $ mu 2023.
IGIHE