Ubushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho y’Ingo muri Rusange (EICV7) bwagaragaje ko ubukene mu Banyarwanda bwagabanyutse mu myaka irindwi ishize bitewe n’imirimo myinshi yahanzwe, ituma ibyo Umunyarwanda yinjiza birushaho kwiyongera.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ubukene mu Banyarwanda bwagabanyutseho 12,4%
16 April 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Miliyari 140 Frw zizakoreshwa mu kuvugurura amasangano yo ku Gishushu, Chez Lando na Sonatube
24 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA), cyatangije umushinga wo kuvugurura amasangano atatu y’imihanda muri Kigali, akubakwa mu buryo bugezweho mu mushinga wo guteza imbere ubwikorezi Mujyi wa Kigali.
-
Ingorane zo kwigira mu buhunzi, urukundo rw’igihugu n’uko yiyeguriye iby’amazi- Nyirishema wa RWB yavuze
26 March 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste, Utuje CedricUmuyobozi Nshingwabikorwa w’Ikigo gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi mu Rwanda (RWB), Nyirishema Richard, yatangaje ko igihe yigaga amashuri abanza n’igice kimwe cy’ayisumbuye mu gihugu ababyeyi be bari barahungiyemo bitari byoroshye kuko amanota abanyamahanga basabwaga gutsindiraho yari menshi ugereranyije n’ay’abenegihugu.
-
Kigali si kure uciye mu Kirundo- Ndayishimiye avuga ku gutera u Rwanda
25 March 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara urwanya ubutegetsi bwe nutera i Bujumbura uturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ingabo z’igihugu cyabo na zo zizatera i Kigali.
-
N’aho rwari amabuye: Impamvu u Rwanda rwagombaga guca umubano n’u Bubiligi bwari burugeze habi
31 March 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Bubiligi bwagombaga guca bugufi imbere y’Abanyarwanda kuko bwabiciye Igihugu, buhereye ku kwica Abami babiri bukageza ku kuryanisha bene Kanyarwanda bubacamo amoko, kugeza ubwo abarenga miliyoni bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Iminsi irindwi mbere y’amagambo ya Ndayishimiye: Ibyo Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we w’u Burundi
25 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteKuva muri muri Mutarama 2025, Perezida Ndayishimiye yakajije umurego mu mvugo zumvikanisha ko u Burundi bwiteguye gutera u Rwanda, gusa nyuma yaho habayeho ibiganiro byahuje abayobozi mu nzego zitandukanye, u Rwanda ruvuga ko biri mu nzira nziza zo guhosha umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi.
-
Amasezerano ya Visit Rwanda na PSG yongerewe kugeza mu 2028
16 April 2025, by IGIHEAmasezerano y’ubufatanye yari asanzwe hagati ya Visit Rwanda na Paris Saint-Germain yavuguruwe kugeza mu 2028, nyuma y’uko impande zombi zishimiye umusaruro wayo kuva yatangira mu 2019.
-
Col Kabanda yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RIB: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
26 March 2025, by Igizeneza Jean DésiréInama y’Abaminisitiri yagize Col Pacifique Kayigamba Kabanda Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, asimbuye Col (Rtd) Ruhunga Jeannot wari uri kuri uwo mwanya kuva muri Mata 2018.
-
Ingabo za SADC zizanyura mu Rwanda ziva muri RDC
17 April 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) wasabye u Rwanda guha inzira ingabo zawo ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe zizaba zitashye.
-
Havamo ishyano: Ubusesenguzi ku ntambara y’u Burundi n’u Rwanda imaze iminsi ivugwa na Perezida Ndayishimiye
27 March 2025, by Ndahayo EmmanuelMu minsi ishize, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakunze kumvikana avuga ko hari intambara iri gututumba hagati y’u Rwanda n’u Burundi, akavuga ko u Rwanda rushaka guhungabanya umutekano w’u Burundi, nubwo nta bimenyetso abitangira ndetse u Rwanda rukemeza ko hamaze iminsi hari ibiganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
IGIHE