Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko i Musanze hari kubakwa uruganda ruzakora ibyuma n’iby’ibanze bikenerwa mu gukora ibyuma ruzajya rukora toni ibihumbi 300 ku mwaka, kandi rugafasha n’izindi nganda kubona ibikoresho by’ibanze zikeneye, ashimangira ko Guverinoma y’u Rwanda ifite intego yo guteza imbere inganda zose zigakoresha ubushobozi bwazo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Zizatuma u Rwanda ruzigama arenga miliyoni 100$: Ishusho y’inganda nshya zitezweho kuzamura ubukungu
28 March 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Ibihugu icyenda byakoze ishoramari rinini mu Rwanda mu 2024
19 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuRaporo y’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), yo mu 2024 igaragaza ko u Rwanda rukomeje kuza imbere mu kureshya abashoramari barugana aho muri uwo mwaka handitswe ishoramari rishya ringana na miliyari 3,2 $, ni ukuvuga arenga miliyari 4.528 Frw avuye kuri miliyari 2,4 $ mu 2023.
-
Umusaruro w’inganda z’u Rwanda wageze kuri miliyari 1680 Frw
29 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe , Dr. Edouard Ngirente, yatangaje umusaruro ukomoka mu nganda wikubye gatatu kuva mu 2017, uva kuri miliyari 591 Frw ugera kuri miliyari 1.680 Frw, ahanini bigizwemo uruhare no kongerera agaciro ibintu bitandukanye.
-
U Rwanda rwemereye inzira Ingabo za SADC ziri i Goma
19 April 2025, by IGIHEU Rwanda rwemereye inzira Ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa Congo mu Mujyi wa Goma kugira ngo zibone uko zisubira mu bihugu byazo nyuma y’aho gahunda zari zaremeranyijwe na M23 yo kunyura ku Kibuga cy’Indege cya Goma igoranye.
-
Inyubako z’uruganda rwa Utexrwa zasenywe (Amafoto)
29 March 2025, by Ndahayo EmmanuelUruganda rukora imyenda mu Rwanda, Usine Textile du Rwanda (Utexrwa), rwatangiye gusenywa nyuma y’igihe kinini iyi gahunda idashyirwa mu bikorwa, cyane ko rwari rwubatswe mu gishanga.
-
Le Youkounkoun 1965; Restaurant igezweho muri Kigali (Amafoto)
27 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmujyi wa Kigali ugenda ukura buri munsi, ku buryo ahantu ho gusohokera naho hagenda havuka ku bwinshi bijyanye n’ubushobozi bwa buri wese.
-
Ifatwa rya Brig Gen Gakwerere ryaciye igikuba muri FDLR: Ubuhamya bwa Maj Ndayambaje bageranye mu Rwanda
29 March 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMaj Ndayambaje Gilbert wamenyekanye nka Rafiki Castro uri mu barwanyi b’umutwe wa FDLR, bashyikirijwe u Rwanda nyuma yo gufatwa na M23 yahishuye ko ifatwa ry’Umunyamabanga Mukuru w’uwo mutwe, Brig Gen Gakwerere Jean Baptiste ryawuciyemo igikuba, anagaragaza imikoranire yawo na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse na Monusco.
-
Kilimobenecyo wahanze Ibendera ry’Igihugu, Ikirangantego n’inote ya 5000 Frw; yitabye Imana
19 April 2025, by IGIHEKilimobenecyo Alphonse, umwe mu banyabugeni b’abahanga u Rwanda rwagize mu mateka, ntakiri kuri Isi. Yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu afite imyaka 66 y’amavuko.
-
Serivisi zitunze benshi n’ubushomeri bwagabanyutse - Ishusho y’umurimo mu Rwanda mu 2024
31 March 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko umubare w’abugarijwe n’ubushomeri wagabanyutse mu 2024, ugera kuri 14,9% uvuye kuri 17,2% mu 2023 bigaragaza ko bagabanyutseho 2,3%, bigizwemo uruhare n’urwego rwa serivisi rwihariye umubare munini w’abakozi.
-
Kigali yihariye ishoramari ryakozwe mu Rwanda mu 2024
20 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuRaporo y’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) yerekana ko mu ishoramari rishya ryakozwe mu Rwanda mu 2024, Umujyi wa Kigali wihariye 75,4%.
IGIHE