Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye, mugenzi we wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, uherutse gushyirwaho n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe nk’umuhuza ku bibazo byo mu Burasirazuba bwa RDC.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye Faure Gnassingbé wagizwe umuhuza ku bibazo byo mu burasirazuba bwa RDC
21 April 2025, by IGIHE -
U Rwanda mu nzira yo gufasha inganda zikora imyenda kwambika Abanyarwanda 100%
1 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko iri gushyira imbaraga mu guteza imbere inganda zikorera imyenda imbere mu gihugu, ku buryo abo zambika bava kuri 5% by’Abanyarwanda bose, bakagera kuri 100%.
-
BNR yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda za miliyari 10 Frw
22 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréGuverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyari 10 Frw, zizamara imyaka 10.
-
Iramira abarenga 1200 ku munsi: Tujyanye muri CHUK yaremye inzobere z’abaganga 5000
2 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréImyaka itatu ni yo ibura ngo Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali byuzuze imyaka 110 bimaze bitanga serivisi z’ubuvuzi ku Baturarwanda n’abava imihanda y’Isi bagiye kuzishakayo dore ko na bo ari umubare munini.
-
Uruganda rw’u Rwanda rwasoje igerageza rya mbere ry’umuti w’igituntu
1 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréUruganda rw’u Rwanda rukora ubushakashatsi ku nkingo rukanazikora rwa Akagera Medicines Inc rwatangaje ko rwasoje icyiciro cya mbere cy’ubushakashatsi bwo kugeragereza ku bantu umuti wa AKG-100 ufasha mu kurwanya igituntu.
-
Ibigwi bye ntibizibagirana - U Rwanda rwunamira Papa Francis
24 April 2025, by IGIHEUmunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Mukeka Clémentine, yanditse mu gitabo cyashyizweho ngo gikusanyirizwemo ubutumwa bwo kwihanganisha abakirisitu Gatolika ku bw’urupfu rwa Papa Francis, agaragaza ko ibigwi asize bizahoraho.
-
Monica Geingos yakiriwe nk’Umuyobozi w’Icyubahiro wa Kepler College
2 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuKepler College yakiriye ku mugaragaro Monica Geingos, wagizwe Umuyobozi w’Icyubahiro w’iyi kaminuza ikorera mu Rwanda.
-
Urwishe amakoperative yo mu Rwanda ruracyayarimo; umuti uzava he?
3 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteIbibazo byugarije amakoperative akorera hirya no hino mu gihugu birimo ibyabaye agatereranzamba, nk’icy’abikubira umutungo wayo n’abanyamuryango bayabamo nta makuru bafite ku biyakorerwamo ku buryo umwaka ushira bakagabana intica ntikize, nyamara batanga imisanzu mu buryo buhoraho.
-
Ibintu bitatu bikwiriye kwitabwaho mu kubyaza umusaruro AI muri Afurika mu mboni za Perezida Kagame
3 April 2025, by Philbert GirinemaPerezida Kagame yavuze ko hari ibintu bitatu bikwiriye kwitabwaho mu kubyaza umusaruro ubwenge bw’ubukorano (AI) ku Mugabane wa Afurika, birimo kubaka ibikorwaremezo birimo nka internet yihuta.
-
Amerika yataye muri yombi Nsabumukunzi ukekwaho Jenoside
24 April 2025, by Uwimana AbrahamLeta Zunze Ubumwe za Amerika zataye muri yombi Umunyarwanda Nsabumukunzi Faustin w’imyaka 65, wari utuye muri Leta ya New York, akurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba yari atuye muri Amerika kuva mu 2003 yarahishe urwo ruhare.
IGIHE