Perezida Kagame yavuze ko hari ibintu bitatu bikwiriye kwitabwaho mu kubyaza umusaruro ubwenge bw’ubukorano (AI) ku Mugabane wa Afurika, birimo kubaka ibikorwaremezo birimo nka internet yihuta.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibintu bitatu bikwiriye kwitabwaho mu kubyaza umusaruro AI muri Afurika mu mboni za Perezida Kagame
3 April 2025, by Philbert Girinema -
Amerika yataye muri yombi Nsabumukunzi ukekwaho Jenoside
24 April 2025, by Uwimana AbrahamLeta Zunze Ubumwe za Amerika zataye muri yombi Umunyarwanda Nsabumukunzi Faustin w’imyaka 65, wari utuye muri Leta ya New York, akurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba yari atuye muri Amerika kuva mu 2003 yarahishe urwo ruhare.
-
Rifite agaciro k’arenga miliyari 100 Frw: Amahirwe atabyazwa umusaruro ku isoko ry’imari n’imigabane ry’u Rwanda
5 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréUmuyobozi Mukuru w’Isoko ry’Imari n’Imigabane mu Rwanda, RSE, Rwabukumba Pierre Célestin, yagaragaje ko Abanyarwanda n’abandi bashaka kubyaza umusaruro imari yabo, bakwiriye kugana iri soko, aho ushobora gushora ibihumbi 100 Frw bikarangira ubaye umunyemari ubarirwa muri za miliyoni.
-
U Rwanda na RDC bigiye gusinyana amasezerano imbere ya Amerika
25 April 2025, by Philbert GirinemaUmunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, kuri uyu wa Gatanu arakurikirana isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Agapeti ka mudugudu, ikiziriko na ruswa y’igitsina: Ishusho ya ruswa mu nzego zegerejwe abaturage
4 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteSena y’u Rwanda yatangaje ko mu bushakashatsi yakoze, yasanze hari ibikorwa bya ruswa bikigaragara mu nzego z’imitegekere ya Leta zegerejwe abaturage, harimo ibyo abaturage bita agapeti ka mudugudu n’aho abantu basezeranya cyangwa hagakorwa imibonano mpuzabitsina kugira ngo babone cyangwa batange serivisi.
-
Abaturarwanda ibihumbi 36 bapfuye mu 2024, havuka ibihumbi 417
25 April 2025, by Iradukunda SergeImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu 2024, Abaturarwanda 36 021 bapfuye mu 2024, ku bw’impamvu zitandukanye.
-
Gutungurwa n’urupfu rw’umugabo we, inama ku rubyiruko no guteza imbere uburinganire: Inama za Monica Geingos
4 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMonica Geingos, wahoze ari umugore wa Hage Geingob wabaye Perezida wa Namibia, yahishuye ko umugabo we yapfuye bari kwitegura kujya mu kiruhuko cy’izabukuru, ashimangira ko ibintu bihinduka mu kanya nk’ako guhumbya asaba urubyiruko guhora rwiteguye kwakira impinduka.
-
Yari umunyempano uruhurirane, agahorana urugwiro: Urwibutso ku buzima bwa Alain Mukuralinda
4 April 2025, by Uwimana AbrahamImvugo “Abeza ntibarama,” ubu ni yo iri mu mitima ya benshi, nyuma yo kumva urupfu rwa Alain Bernard Mukuralinda wari Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, akaba umuhanzi w’umuhanga, umunyamategeko w’umwuga, umunyamupira bitijanwa n’umutaramyi byahamye.
-
Turacyakorana n’abafatanyabikorwa bakomeye - Minisitiri Murangwa ku bihano u Rwanda rwafatiwe
4 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, yatangaje ko nta ngaruka ibihano ibihugu bimaze iminsi bifatira u Rwanda bizagira ku bukungu bw’u Rwanda, cyane ko rugifatanya n’abafatanyabikorwa barwo b’imena.
-
Ntimuri bato batakumva impamvu yo guhagarara ku kuri kw’amateka - Madamu Jeannette Kagame abwira urubyiruko
25 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMadamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko kurangwa n’amahitamo mazima, rukiyemeza kurwanya uwo ari we wese washaka gusubiza u Rwanda inyuma.
IGIHE