Turi mu ijoro ryo ku itariki ya 6 Mata, 1994, i Champs-Élysées mu Bufaransa, mu nyubako ikoreramo Perezida w’icyo gihugu, icyo gihe wari François Maurice Adrien Marie Mitterrand.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Uko urupfu rwa Habyarimana rwatumye Mitterrand apfana umwikomo ku Rwanda
6 April 2025, by IGIHE -
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barenga 4500
26 April 2025, by IGIHEPerezida Kagame yazamuye mu ntera ba Ofisiye ba Polisi y’u Rwanda bari bafite amapeti atandukanye aho 16 bari bafite Ipeti rya Chief Superintendent of Police bahawe ipeti rya Assistant Commissioner of Police.
-
Kanziga yategetse ko Abatutsi bari baturanye bicwa, batwikishwa aside: Ijoro Habyarimana yapfiriyemo
6 April 2025, by Jean de Dieu TuyizereTariki ya 6 Mata 1994, Juvénal Habyarimana wabaye Perezida w’u Rwanda kuva mu 1973 yuriye indege ya Dassault Falcon 50, ajya i Dar es Salaam muri Tanzania mu nama y’abakuru b’ibihugu yayobowe na Ali Hassan Mwinyi wari Perezida wa Tanzania icyo gihe.
-
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yabanjirije Kwibuka31
6 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMadamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yabanjirije ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, yagarutse ku ngamba zikwiye gushyirwaho mu kurwanya ko ibyabaye mu Rwanda byazongera kubaho no kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside.
-
Yigambaga uruhare yagize muri Jenoside - Brig Gen Gakwerere mu mashyamba ya RDC
8 April 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo washinzwe n’abantu bari mu byiciro bitandukanye; bose bahurije hamwe umugambi wo kugaruka mu Rwanda, bagasubukura Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Umusoro w’ibihumbi 50 Frw kugera ku bihumbi 150 Frw: Niba utunze imodoka, ibi birakureba
28 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuAbadepite bemeje itegeko rishyiraho amahoro yakwa kuri lisansi, mazutu n’ibinyabiziga agenewe gusana imihanda, rigamije kwagura inkomoko yayo.
-
Nta gihugu kimaze imyaka 109 gisenya ikindi nk’uko u Bubiligi bubikorera u Rwanda- Minisitiri Bizimana
7 April 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko u Bubiligi bufite uruhare rukomeye mu mateka asharira y’u Rwanda yagejeje no kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Perezida Kagame yavuze ku iterabwoba ryashyizwe kuri Minisitiri Bizimana kubera amateka ya Jenoside yavuze
7 April 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yagaragaje ko hari igihugu cyigeze gukanga Dr. Bizimana Jean Damascène, umaze igihe ashyira hanze ubushakashatsi ku ruhare rw’amahanga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’ivangura ryaranze u Rwanda mu myaka yashize, kimubwira ko atazongera guhabwa Visa n’ibindi byinshi.
-
Perezida Kagame yakiriye Embaló wa Guinea-Bissau
28 April 2025, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló baganira ku buryo bwo gushimangira umubano mu ngeri zifitiye inyungu impande zombi no ku bibazo by’Isi n’umugabane muri rusange.
-
Perezida Kagame yavuze ku bamubwiye ko azicwa
7 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yatangaje ko hari abantu bigeze kujya kumureba, bamubwira ko akunda kunenga ibihugu bikomeye ku Isi, bityo ko yishyira mu byago byo kuzicwa ariko we abasubiza ko n’ubundi aho kubaho mu buzima bw’ikinyoma byaruta ugapfa.
IGIHE