Ingabo zari mu butuma bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatangiye gutaha, zinyuze mu Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ingabo za SADC zabaga muri RDC zatangiye gutaha zinyuze mu Rwanda
29 April 2025, by Jean de Dieu Tuyizere, Nshimiyimana Eric -
Bibaye ari byo tuba twarakize nkamwe - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye muri RDC
7 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutiba amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko iyo rubikora, ruba rukize nka bimwe mu bihugu birushinja kuyiba.
-
Bamwe bashaka ko icibwa burundu: Impaka mu Nteko ku gusoresha imikino y’amahirwe
29 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuBamwe mu badepite bagaragaje ko imikino y’amahirwe itari ikwiye gushyirirwaho imisoro, ahubwo yari ikwiye gukumirwa mu kurengera ubuzima bw’Abaturarwanda.
-
Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ - Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho
7 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bakwiye guhora baharanira kubaho ubuzima bifuza aho gutegekwa uko babaho cyangwa guteshwa agaciro babwirwa ko babayeho kubw’impuhwe z’undi muntu, ndetse ngo uzashaka kugenera u Rwanda uko rubaho yitwaje ibihano azamubwira ngo ‘jya ikuzimu.’
-
Ni intambwe nziza mu gushyigikira ibiganiro by’amahoro - Nduhungirehe ku ngabo za SAMIDRC zatangiye gutaha
29 April 2025, by Uwimana AbrahamMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yavuze ko gutangira gutaha kw’ingabo za SAMIDRC ziva mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ari intambwe ikomeye mu gushyigikira ibiganiro by’amahoro bikomeje kuba.
-
Umunsi Kagame amenyesha amahanga ko agiye guhagarika Jenoside niba ntacyo bakoze
8 April 2025, by Iradukunda Serge, Urinzwenimana MikeTariki 8 Mata mu 1994 nibwo Gen. Maj. Paul Kagame wari uyoboye Ingabo zahoze ari iza RPA yamenyesheje amahanga ko agiye gufata icyemezo cyo guhagarika Jenoside yari yatangiye gukorerwa Abatutsi, niba ntacyo akoze.
-
Abita FDLR abasaza, imikoranire na RDC n’ibinyoma ku Rwanda: Musoni uri mu bayishinze yavuze
10 April 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu, Kangabe NadiaMusoni Straton uri mu bashinze umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi, akanawubera Visi Perezida, yagaragaje ko u Rwanda rudashobora kwemera ko hari ikibi nka Jenoside yakorewe Abatutsi cyakongera kurubamo, anakurira inzira ku murima abibwira ko bazarwinjiramo bakoresheje imbaraga za gisirikare.
-
Umujyanama wa Trump yabaye nk’abandi bose ku mvugo ya Jenoside yakorewe Abatutsi; ati “Twibuka Abahutu n’Abatwa”
9 April 2025, by IGIHEAmafuti y’umugabo nibwo buryo bwe? Uyu mugani ushobora kuba waba umwe mu myinshi yasobanura imyitwarire ya Amerika ku Rwanda iyo bigeze kuri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Uko umugore wa Ndayishimiye yafungishije Umunyarwanda wacuruzaga ibikomoka kuri peteroli i Bujumbura
9 April 2025, by IGIHEUmugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye yategetse ko Dushimirimana Protais, umushoramari w’Umunyarwanda wakoraga ubucuruzi bw’ikomoka kuri peteroli i Bujumbura no mu bindi bice by’iki gihugu, afungwa.
-
Umunsi u Bufaransa bumenya umugambi wo kurimbura Abatutsi bukaryumaho
9 April 2025, by Mashara K.Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abapfobya, abahakana n’abandi bafite umugambi wo gushinyagurira abarokotse, bakunze kwitwaza ko Jenoside itateguwe.
IGIHE