Umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo washinzwe n’abantu bari mu byiciro bitandukanye; bose bahurije hamwe umugambi wo kugaruka mu Rwanda, bagasubukura Jenoside yakorewe Abatutsi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Yigambaga uruhare yagize muri Jenoside - Brig Gen Gakwerere mu mashyamba ya RDC
8 April 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
Umusoro w’ibihumbi 50 Frw kugera ku bihumbi 150 Frw: Niba utunze imodoka, ibi birakureba
28 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuAbadepite bemeje itegeko rishyiraho amahoro yakwa kuri lisansi, mazutu n’ibinyabiziga agenewe gusana imihanda, rigamije kwagura inkomoko yayo.
-
Nta gihugu kimaze imyaka 109 gisenya ikindi nk’uko u Bubiligi bubikorera u Rwanda- Minisitiri Bizimana
7 April 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko u Bubiligi bufite uruhare rukomeye mu mateka asharira y’u Rwanda yagejeje no kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Perezida Kagame yavuze ku iterabwoba ryashyizwe kuri Minisitiri Bizimana kubera amateka ya Jenoside yavuze
7 April 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yagaragaje ko hari igihugu cyigeze gukanga Dr. Bizimana Jean Damascène, umaze igihe ashyira hanze ubushakashatsi ku ruhare rw’amahanga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’ivangura ryaranze u Rwanda mu myaka yashize, kimubwira ko atazongera guhabwa Visa n’ibindi byinshi.
-
Perezida Kagame yakiriye Embaló wa Guinea-Bissau
28 April 2025, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló baganira ku buryo bwo gushimangira umubano mu ngeri zifitiye inyungu impande zombi no ku bibazo by’Isi n’umugabane muri rusange.
-
Perezida Kagame yavuze ku bamubwiye ko azicwa
7 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yatangaje ko hari abantu bigeze kujya kumureba, bamubwira ko akunda kunenga ibihugu bikomeye ku Isi, bityo ko yishyira mu byago byo kuzicwa ariko we abasubiza ko n’ubundi aho kubaho mu buzima bw’ikinyoma byaruta ugapfa.
-
Ingabo za SADC zabaga muri RDC zatangiye gutaha zinyuze mu Rwanda
29 April 2025, by Jean de Dieu Tuyizere, Nshimiyimana EricIngabo zari mu butuma bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatangiye gutaha, zinyuze mu Rwanda.
-
Bibaye ari byo tuba twarakize nkamwe - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye muri RDC
7 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutiba amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko iyo rubikora, ruba rukize nka bimwe mu bihugu birushinja kuyiba.
-
Bamwe bashaka ko icibwa burundu: Impaka mu Nteko ku gusoresha imikino y’amahirwe
29 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuBamwe mu badepite bagaragaje ko imikino y’amahirwe itari ikwiye gushyirirwaho imisoro, ahubwo yari ikwiye gukumirwa mu kurengera ubuzima bw’Abaturarwanda.
-
Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ - Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho
7 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bakwiye guhora baharanira kubaho ubuzima bifuza aho gutegekwa uko babaho cyangwa guteshwa agaciro babwirwa ko babayeho kubw’impuhwe z’undi muntu, ndetse ngo uzashaka kugenera u Rwanda uko rubaho yitwaje ibihano azamubwira ngo ‘jya ikuzimu.’
IGIHE