Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean-Damascène Bizimana, yavuze ko Ndagijimana Jean Marie Vianney wiyita umunyapolitiki uharanira uburenganzira bwa muntu, yibye amafaranga ya Leta anambura umukozi we wo mu rugo, none akaba yirirwa abeshya, apfobya anahakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Yanagurishije inzu ya Leta yari i Paris: Ubundi bujura bwa Ndagijimana wari Umudipolomate w’u Rwanda
13 April 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Liège: Abayobozi b’u Bubiligi banze kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
13 April 2025, by Karirima A. NgarambeAbanyarwanda batuye mu Mujyi wa Liège mu Bubiligi bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, aho nta muyobozi n’umwe uhagarariye uwo mujyi cyangwa igihugu wagiye kwifatanya na bo nk’uko byari bisanzwe bigenda.
-
Ubukerarugendo bwinjirije u Rwanda miliyoni 647$ mu 2024
14 April 2025, by Uwimana AbrahamUrwego rw’Ubukerarugendo rwinjirije u Rwanda miliyoni 647$ [arenga miliyari 932 Frw], bisobanuye izamuka rya 4.3% ugereranyije n’umwaka wabanje, bikaba byaragizwemo uruhare runini n’izamuka rya 27% ku musaruro w’ubukerarugendo bushingiye ku ngagi, ndetse n’izamuka rya 11% ku ngendo z’indege.
-
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Oligui Nguema wa Gabon
3 May 2025, by IGIHEPerezida Kagame ni umwe mu bakuru b’ibihugu bitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi we wa Gabon, Brice Clotaire Oligui Nguema, uherutse gutsinda amatora ku majwi 94,85 %.
-
Uko Ingabo za Habyarimana zambuye amakariso n’amasengeri abasirikare ba MINUAR
15 April 2025, by Urinzwenimana MikeNyuma y’uko indege ya Juvenal Habyarimana wari Perezida w’u Rwanda irashwe, ku wa 7 Mata 1994, Abatutsi bari batuye mu bice bya Kimironko, Migina, Nyagatovu, Gihogere batangiye kwicwa ndetse bigatizwa umurindi no kuba bose barifuzaga ubuhungiro muri Stade Amahoro yari irinzwe na MINUAR.
-
U Rwanda rwacyuye abantu 10 bari bacurujwe muri Myanmar
4 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yacyuye abantu 10 bari bashutswe ko bagiye guhabwa akazi keza bakisanga muri Myanmar bakoreshwa imirimo y’agahato, ubujura bwifashisha ikoranabuhanga n’ibindi bibi, ndetse hari abandi batanu bakiriyo ariko hari gukorwa ibishoboka ngo na bo batahe.
-
Murigande yavuze uko yahataniye na Kagame kuyobora u Rwanda n’imyigaragambyo y’Abahutu Bizimungu yari yiteze
15 April 2025, by Philbert GirinemaTariki 17 Mata 2000 ni bwo Maj Gen Paul Kagame wari Visi Perezida w’u Rwanda yabaye Perezida nyuma y’uko abagize Inteko Ishinga Amategeko bamutoye nyuma y’iyegura rya Pasteur Bizimungu wari Perezida.
-
Ukuri ku cyemezo cyo gusoresha abahabwa akazi mu bukwe cyarikoroje
15 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuAbantu bacitse ururondogoro kubera inyandiko y’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro RRA, yagiye hanze igaragaza uburyo bwo gukusanya amakuru ku bantu bahabwa akazi mu bukwe.
-
U Rwanda rwemeje ko ruri mu biganiro byo kwakira abimukira bo muri Amerika
4 May 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro byo kwakira abimukira bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Ibyoherezwa mu mahanga byinjirije u Rwanda miliyari 4,4$ mu 2024
16 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko ibyo u Rwanda rwohereza mu mahanga byiyongereye cyane mu bice bimwe by’Isi, bituma byinjiriza igihugu arenga miliyari 4,4$, bigaragaza ubwiyongere bwa 22%.
IGIHE