Abantu bacitse ururondogoro kubera inyandiko y’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro RRA, yagiye hanze igaragaza uburyo bwo gukusanya amakuru ku bantu bahabwa akazi mu bukwe.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ukuri ku cyemezo cyo gusoresha abahabwa akazi mu bukwe cyarikoroje
15 April 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu -
U Rwanda rwemeje ko ruri mu biganiro byo kwakira abimukira bo muri Amerika
4 May 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro byo kwakira abimukira bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Ibyoherezwa mu mahanga byinjirije u Rwanda miliyari 4,4$ mu 2024
16 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko ibyo u Rwanda rwohereza mu mahanga byiyongereye cyane mu bice bimwe by’Isi, bituma byinjiriza igihugu arenga miliyari 4,4$, bigaragaza ubwiyongere bwa 22%.
-
Icyo gihe ntikiragera- Minisitiri Nduhungirehe ku kwiyunga k’u Rwanda n’u Bubiligi
4 May 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko kugeza ubu nta biganiro bihari bigamije kuzahura umubano hagati y’u Rwanda n’u Bubiligi, ndetse ashimangira ko icyo gihe kitaragera.
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yahishuye icyatumye Abanyarwanda miliyoni 1,5 bava mu bukene
16 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko gahunda zitandukanye zigamije kuzamura imibereho y’Abanyarwanda zirimo VUP n’izindi zahanze imirimo, bizamura ibyo umuturage yinjiza.
-
U Rwanda na RDC byashyikirije Amerika umushinga w’amasezerano y’amahoro
5 May 2025, by Jean de Dieu TuyizereGuverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zamaze gushyikiriza Leta Zunze Ubumwe za Amerika umushinga w’amasezerano y’amahoro.
-
Ingo zo mu Rwanda zakiriye arenga miliyari 70 Frw mu 2024, avuye mu Banyarwanda baba mu mahanga
17 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbushakashatsi bwa karindwi ku mibereho y’ingo (EICV 7) bwagaragaje ko ingo zohererejwe amafaranga mu 2024, zikubye kabiri ugereranyije n’imyaka irindwi ishize, zigera kuri 59%, mu gihe amafaranga zohererejwe yageze kuri miliyari 198 Frw, avuye kuri miliyari 78 Frw mu 2017. Ayoherejwe avuye mu mahanga agera kuri miliyari 70 Frw.
-
Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba Komite Mpuzamahanga ya Croix Rouge
6 May 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame kuri uyu wa 6 Gicurasi 2025 yakiriye abayobozi ba Komite Mpuzamahanga Croix Rouge (ICRC) ukora ibikorwa by’ubutabazi hirya no hino ku Isi.
-
Perezida Kagame yashimye Arsenal yasezereye Real Madrid
16 April 2025, by Byiringiro Osée ElvisPerezida Paul Kagame yishimiye intsinzi ya Arsenal yageze muri ½ cya UEFA Champions League isezereye Real Madrid ku giteranyo cy’Ibitego 5-1.
-
Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yagaruje arenga miliyari 9 Frw yari agiye kunyerezwa
6 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, Alexis Kamuhire, yatangije ko mu mwaka w’Ingengo y’imari warangiye muri Kamena 2024, hari amafaranga y’u Rwanda arenga kuri miliyari 9,2 Frw yagarujwe nyuma yo gukora ubugenzuzi bukumira.
IGIHE