Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko kugeza ubu nta biganiro bihari bigamije kuzahura umubano hagati y’u Rwanda n’u Bubiligi, ndetse ashimangira ko icyo gihe kitaragera.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Icyo gihe ntikiragera- Minisitiri Nduhungirehe ku kwiyunga k’u Rwanda n’u Bubiligi
4 May 2025, by Iradukunda Serge -
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yahishuye icyatumye Abanyarwanda miliyoni 1,5 bava mu bukene
16 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko gahunda zitandukanye zigamije kuzamura imibereho y’Abanyarwanda zirimo VUP n’izindi zahanze imirimo, bizamura ibyo umuturage yinjiza.
-
U Rwanda na RDC byashyikirije Amerika umushinga w’amasezerano y’amahoro
5 May 2025, by Jean de Dieu TuyizereGuverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zamaze gushyikiriza Leta Zunze Ubumwe za Amerika umushinga w’amasezerano y’amahoro.
-
Ingo zo mu Rwanda zakiriye arenga miliyari 70 Frw mu 2024, avuye mu Banyarwanda baba mu mahanga
17 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbushakashatsi bwa karindwi ku mibereho y’ingo (EICV 7) bwagaragaje ko ingo zohererejwe amafaranga mu 2024, zikubye kabiri ugereranyije n’imyaka irindwi ishize, zigera kuri 59%, mu gihe amafaranga zohererejwe yageze kuri miliyari 198 Frw, avuye kuri miliyari 78 Frw mu 2017. Ayoherejwe avuye mu mahanga agera kuri miliyari 70 Frw.
-
Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba Komite Mpuzamahanga ya Croix Rouge
6 May 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame kuri uyu wa 6 Gicurasi 2025 yakiriye abayobozi ba Komite Mpuzamahanga Croix Rouge (ICRC) ukora ibikorwa by’ubutabazi hirya no hino ku Isi.
-
Perezida Kagame yashimye Arsenal yasezereye Real Madrid
16 April 2025, by Byiringiro Osée ElvisPerezida Paul Kagame yishimiye intsinzi ya Arsenal yageze muri ½ cya UEFA Champions League isezereye Real Madrid ku giteranyo cy’Ibitego 5-1.
-
Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yagaruje arenga miliyari 9 Frw yari agiye kunyerezwa
6 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, Alexis Kamuhire, yatangije ko mu mwaka w’Ingengo y’imari warangiye muri Kamena 2024, hari amafaranga y’u Rwanda arenga kuri miliyari 9,2 Frw yagarujwe nyuma yo gukora ubugenzuzi bukumira.
-
Imbogamizi mu gukurikirana abakekwaho Jenoside n’ingengabitekerezo yahawe intebe: Kabasinga twaganiriye
21 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuKabasinga Florida, wabaye Umushinjacyaha mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, yagaragaje zimwe mu mbogamizi bakunze guhura nazo mu gukurikirana abakekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zirimo abagoreka amateka mu Rukiko no kuba bamwe mu bacamanza ari abanyamahanga bakagorwa no gusobanukirwa neza ibyabaye mu Rwanda.
-
Imyaka 31 irashize yishwe: Urwibutso ku Mwamikazi Rosalie Gicanda
20 April 2025, by Uwimana AbrahamU Rwanda ndetse n’Isi yose, biri mu minsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yatwaye abakomeye n’aboroheje, abakambwe n’ibisekeramwanzi, abagore batwite n’abonsa, Rwanda rw’ubwo na Rwanda rw’ejo, ndetse yanatwaye n’Umwamikazi wa nyuma w’u Rwanda, Gicanda Rosalie.
-
Basaza be bamwiciye umugabo muri Jenoside, Interahamwe zimwanduza Sida (Video)
22 April 2025, by Igizeneza Jean Désiré, Theodomire MunyengabeRimwe ushobora kumva ibyabaye muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kubera uburemere bwabyo ugakeka ko ari inzozi, bikaba impamo iyo uganiriye n’abanyuze muri ibyo bihe.
IGIHE