Abanyarwanda batuye mu Mujyi wa Bruges mu Bubiligi bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, aho na none hatagize umuyobozi n’umwe uhagarariye uwo mujyi wifatanya na bo nk’uko biherutse kugenda mu Mujyi wa Liège.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Bubiligi: Abanyarwanda batuye mu Mujyi wa Bruges bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
20 April 2025, by Karirima A. Ngarambe -
Papa Francis yitabye Imana
21 April 2025, by Philbert GirinemaUmushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yitabye Imana ku myaka 88 y’amavuko nyuma y’igihe yari amaze arwaye indwara z’ubuhumekero.
-
Papa Francis wunze u Rwanda na Kiliziya Gatolika
21 April 2025, by Philbert GirinemaNta gushidikanya ko Papa Fransisiko witabye Imana kuri uyu wa 21 Mata 2025, ari we mushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, wabaniye u Rwanda mu buryo budasanzwe mu myaka 31 ishize.
-
Perezida Kagame yababajwe n’urupfu rwa Papa Francis wazahuye umubano wa Kiliziya Gatolika n’u Rwanda
21 April 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Kagame yihanganishije Kiliziya Gatolika n’abagatulika bari ku Isi yose, nyuma y’urupfu rwa Papa Francis kuri uyu wa 21 Mata 2025, avuga ko yari ikimenyetso cy’imbabazi, kwicisha bugufi no kwifatanya n’abandi ku Isi yose.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Macron i Paris
7 May 2025, by IGIHEPerezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, byagarutse ku mubano w’ibihugu byombi ndetse no ku bibazo byugarije Isi.
-
U Rwanda mu bufatanye na E7 Group buzasiga hubatswe ikigo gitanga serivisi z’icapiro
7 May 2025, by IGIHEGuverinoma y’u Rwanda yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo cya E7 Group cyo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, akubiyemo ibirimo kubaka mu Rwanda ikigo gitanga serivisi z’icapiro.
-
Impamvu-ntindi Amerika yitaje u Rwanda muri Jenoside
23 April 2025, by Mashara K.Imyaka ibaye hafi 100 Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari igihugu cy’igihangange ku Isi, cyagize uruhare mu kwitambika byinshi ngo bitaba no guteza ibindi byasize mu kaga ubuzima bwa benshi kubera kwigira ntibindeba.
-
Kuba twarabuze amahoro si u Rwanda, ahubwo ni twebwe Abanye-Congo- Cardinal Ambongo
23 April 2025, by Jean de Dieu TuyizereArikiyepisikopi Gatolika wa Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cardinal Fridolin Ambongo, yagaragaje kuba igihugu cye kidafite amahoro ntaho bihuriye n’u Rwanda nk’uko ubutegetsi bwa Félix Antoine Tshisekedi bwakunze kubivuga.
-
Grace Room Ministries ya Pasiteri Julienne Kabanda yafunzwe
10 May 2025, by IGIHEUrwego rw’lgihugu rw’lmiyoborere (RGB) rwambuye uburenganzira bwo gukora Grace Room Ministries ya Pasiteri Julienne Kabanda nyuma yo kutubahiriza ibikubiye mu itegeko rigena imitunganyirize n’imikorere by’imiryango ishingiye ku myemerere.
-
Volkswagen yavuze uburyo Perezida Kagame yakemuye ikibazo cya lisansi yanduye akicyumva
23 April 2025, by IGIHEUmuyobozi w’Uruganda rwa Volkswagen muri Afurika, Martina Biene, yatangaje ko nyuma y’umwaka umwe Perezida Kagame amenyeshejwe ikibazo cya lisansi yanduye yari mu Rwanda, cyahise gikemurwa ku buryo ubu uru ruganda rwiteguye kwinjiza ubwoko bushya ku isoko ry’u Rwanda.
IGIHE