Perezida Paul Kagame yishimiye intsinzi ya Arsenal yageze muri ½ cya UEFA Champions League isezereye Real Madrid ku giteranyo cy’Ibitego 5-1.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yashimye Arsenal yasezereye Real Madrid
16 April 2025, by Byiringiro Osée Elvis -
Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yagaruje arenga miliyari 9 Frw yari agiye kunyerezwa
6 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, Alexis Kamuhire, yatangije ko mu mwaka w’Ingengo y’imari warangiye muri Kamena 2024, hari amafaranga y’u Rwanda arenga kuri miliyari 9,2 Frw yagarujwe nyuma yo gukora ubugenzuzi bukumira.
-
Imbogamizi mu gukurikirana abakekwaho Jenoside n’ingengabitekerezo yahawe intebe: Kabasinga twaganiriye
21 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuKabasinga Florida, wabaye Umushinjacyaha mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, yagaragaje zimwe mu mbogamizi bakunze guhura nazo mu gukurikirana abakekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zirimo abagoreka amateka mu Rukiko no kuba bamwe mu bacamanza ari abanyamahanga bakagorwa no gusobanukirwa neza ibyabaye mu Rwanda.
-
Imyaka 31 irashize yishwe: Urwibutso ku Mwamikazi Rosalie Gicanda
20 April 2025, by Uwimana AbrahamU Rwanda ndetse n’Isi yose, biri mu minsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yatwaye abakomeye n’aboroheje, abakambwe n’ibisekeramwanzi, abagore batwite n’abonsa, Rwanda rw’ubwo na Rwanda rw’ejo, ndetse yanatwaye n’Umwamikazi wa nyuma w’u Rwanda, Gicanda Rosalie.
-
Basaza be bamwiciye umugabo muri Jenoside, Interahamwe zimwanduza Sida (Video)
22 April 2025, by Igizeneza Jean Désiré, Theodomire MunyengabeRimwe ushobora kumva ibyabaye muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kubera uburemere bwabyo ugakeka ko ari inzozi, bikaba impamo iyo uganiriye n’abanyuze muri ibyo bihe.
-
U Bubiligi: Abanyarwanda batuye mu Mujyi wa Bruges bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
20 April 2025, by Karirima A. NgarambeAbanyarwanda batuye mu Mujyi wa Bruges mu Bubiligi bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, aho na none hatagize umuyobozi n’umwe uhagarariye uwo mujyi wifatanya na bo nk’uko biherutse kugenda mu Mujyi wa Liège.
-
Papa Francis yitabye Imana
21 April 2025, by Philbert GirinemaUmushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yitabye Imana ku myaka 88 y’amavuko nyuma y’igihe yari amaze arwaye indwara z’ubuhumekero.
-
Papa Francis wunze u Rwanda na Kiliziya Gatolika
21 April 2025, by Philbert GirinemaNta gushidikanya ko Papa Fransisiko witabye Imana kuri uyu wa 21 Mata 2025, ari we mushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, wabaniye u Rwanda mu buryo budasanzwe mu myaka 31 ishize.
-
Perezida Kagame yababajwe n’urupfu rwa Papa Francis wazahuye umubano wa Kiliziya Gatolika n’u Rwanda
21 April 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Kagame yihanganishije Kiliziya Gatolika n’abagatulika bari ku Isi yose, nyuma y’urupfu rwa Papa Francis kuri uyu wa 21 Mata 2025, avuga ko yari ikimenyetso cy’imbabazi, kwicisha bugufi no kwifatanya n’abandi ku Isi yose.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Macron i Paris
7 May 2025, by IGIHEPerezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, byagarutse ku mubano w’ibihugu byombi ndetse no ku bibazo byugarije Isi.
IGIHE