Urwego rw’lgihugu rw’lmiyoborere (RGB) rwambuye uburenganzira bwo gukora Grace Room Ministries ya Pasiteri Julienne Kabanda nyuma yo kutubahiriza ibikubiye mu itegeko rigena imitunganyirize n’imikorere by’imiryango ishingiye ku myemerere.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Grace Room Ministries ya Pasiteri Julienne Kabanda yafunzwe
10 May 2025, by IGIHE -
Volkswagen yavuze uburyo Perezida Kagame yakemuye ikibazo cya lisansi yanduye akicyumva
23 April 2025, by IGIHEUmuyobozi w’Uruganda rwa Volkswagen muri Afurika, Martina Biene, yatangaje ko nyuma y’umwaka umwe Perezida Kagame amenyeshejwe ikibazo cya lisansi yanduye yari mu Rwanda, cyahise gikemurwa ku buryo ubu uru ruganda rwiteguye kwinjiza ubwoko bushya ku isoko ry’u Rwanda.
-
U Rwanda ruzakoresha hafi miliyari 700 Frw ku kibuga cy’indege cy’i Bugesera no kwagura ibikorwa bya RwandAir
10 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMu mishinga ikomeye u Rwanda rutegerejeho kuzahindura ubukungu bw’igihugu harimo ikibuga cy’indege kiri kubakwa mu Bugesera no kwagura ibikorwa bya RwandAir biteganyijwe ko kuva mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/26 kugeza mu 2028 bizakoreshwaho miliyari hafi miliyari 700 Frw.
-
Amafaranga Umunyarwanda ahahisha ku mwaka yageze ku bihumbi 560 Frw
24 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbushakashatsi ku mibereho y’ingo (EICV7) bwagaragaje ko ubukene bwagabanyutseho 12,4% mu myaka irindwi ishize, bigaragazwa n’amafaranga umuntu arya kuko yiyongereye cyane arenga ibihumbi 560 Frw ku muntu mukuru.
-
Twe ntitugendera ku bihano - Nduhungirehe avuga ku kimwaro cy’amahanga mu guhana u Rwanda
11 May 2025, by IGIHEMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amahanga yamaze kubona ko gufatira u Rwanda ibihano atari wo muti, kuko rudashobora kubyishinga ngo bishyire mu kaga abaturage barwo.
-
‘Capacitors’ z’imodoka zishobora gukorerwa mu Rwanda; Amerika nayo ihanze amaso amabuye yarwo
24 April 2025, by Philbert GirinemaAmabuye y’agaciro y’u Rwanda araje ishinga abantu b’ingeri zitandukanye, aho abafite inganda hirya no hino bashaka kuyabyaza umusaruro ku buryo bufatika. Ubu ikigezweho ni uko Amerika iri mu biganiro n’u Rwanda bijyanye n’amabuye y’agaciro ndetse hari n’amakuru y’uko amabuye y’agaciro ya Tantalum acukurwa mu Rwanda, ashobora gutangira gutunganywa ku buryo yakorwamo bimwe mu bikoresho by’imodoka.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama ya Africa CEO Forum muri Côte d’Ivoire
12 May 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yageze i Abidjan muri Côte d’Ivoire, aho yitabiriye inama ihuza abayobozi b’ibigo bitandukanye, abashoramari n’abanyapolitike baturutse muri Afurika no hirya no hino ku Isi, izwi nka ‘Africa CEO Forum’.
-
U Rwanda na RDC byasinye amasezerano “aganisha ku mahoro arambye”
25 April 2025, by IGIHEU Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano agena “amahame y’ibanze mu miyoborere, umutekano n’ibijyanye n’ubukungu” azafasha akarere kubyaza umusaruro amahirwe kifitemo.
-
Amasezerano ya Qatar Airways na RwandAir yaheze he?
12 May 2025, by Iradukunda Serge, Nshimiyimana Jean BaptisteUmuyobozi wa RwandAir, Yvonne Makolo, yatangaje ko impande zombi zikomeje ibiganiro bizarangira Qatar Airways yegukanye imigabane 49% muri iyi sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere.
-
Ingingo ku yindi: Ibikubiye mu masezerano u Rwanda rwagiranye na RDC
26 April 2025, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 25 Mata 2025 byasinyiye i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika amasezerano agena amahame y’ibanze yo gukemura mu buryo burambye ikibazo cy’umutekano muke mu Karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari.
IGIHE