Mu mishinga ikomeye u Rwanda rutegerejeho kuzahindura ubukungu bw’igihugu harimo ikibuga cy’indege kiri kubakwa mu Bugesera no kwagura ibikorwa bya RwandAir biteganyijwe ko kuva mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/26 kugeza mu 2028 bizakoreshwaho miliyari hafi miliyari 700 Frw.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda ruzakoresha hafi miliyari 700 Frw ku kibuga cy’indege cy’i Bugesera no kwagura ibikorwa bya RwandAir
10 May 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Amafaranga Umunyarwanda ahahisha ku mwaka yageze ku bihumbi 560 Frw
24 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbushakashatsi ku mibereho y’ingo (EICV7) bwagaragaje ko ubukene bwagabanyutseho 12,4% mu myaka irindwi ishize, bigaragazwa n’amafaranga umuntu arya kuko yiyongereye cyane arenga ibihumbi 560 Frw ku muntu mukuru.
-
Twe ntitugendera ku bihano - Nduhungirehe avuga ku kimwaro cy’amahanga mu guhana u Rwanda
11 May 2025, by IGIHEMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amahanga yamaze kubona ko gufatira u Rwanda ibihano atari wo muti, kuko rudashobora kubyishinga ngo bishyire mu kaga abaturage barwo.
-
‘Capacitors’ z’imodoka zishobora gukorerwa mu Rwanda; Amerika nayo ihanze amaso amabuye yarwo
24 April 2025, by Philbert GirinemaAmabuye y’agaciro y’u Rwanda araje ishinga abantu b’ingeri zitandukanye, aho abafite inganda hirya no hino bashaka kuyabyaza umusaruro ku buryo bufatika. Ubu ikigezweho ni uko Amerika iri mu biganiro n’u Rwanda bijyanye n’amabuye y’agaciro ndetse hari n’amakuru y’uko amabuye y’agaciro ya Tantalum acukurwa mu Rwanda, ashobora gutangira gutunganywa ku buryo yakorwamo bimwe mu bikoresho by’imodoka.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama ya Africa CEO Forum muri Côte d’Ivoire
12 May 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yageze i Abidjan muri Côte d’Ivoire, aho yitabiriye inama ihuza abayobozi b’ibigo bitandukanye, abashoramari n’abanyapolitike baturutse muri Afurika no hirya no hino ku Isi, izwi nka ‘Africa CEO Forum’.
-
U Rwanda na RDC byasinye amasezerano “aganisha ku mahoro arambye”
25 April 2025, by IGIHEU Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano agena “amahame y’ibanze mu miyoborere, umutekano n’ibijyanye n’ubukungu” azafasha akarere kubyaza umusaruro amahirwe kifitemo.
-
Amasezerano ya Qatar Airways na RwandAir yaheze he?
12 May 2025, by Iradukunda Serge, Nshimiyimana Jean BaptisteUmuyobozi wa RwandAir, Yvonne Makolo, yatangaje ko impande zombi zikomeje ibiganiro bizarangira Qatar Airways yegukanye imigabane 49% muri iyi sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere.
-
Ingingo ku yindi: Ibikubiye mu masezerano u Rwanda rwagiranye na RDC
26 April 2025, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 25 Mata 2025 byasinyiye i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika amasezerano agena amahame y’ibanze yo gukemura mu buryo burambye ikibazo cy’umutekano muke mu Karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari.
-
Ibihe by’ingenzi byaranze ishyingurwa rya Papa Francis, umushumba utashye ashimwa n’u Rwanda
26 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPapa Francis utashye ashimwa n’u Rwanda ku bwo kuzana umucyo mu mubano warwo na Kiliziya Gatolika, yashyinguwe i Vatican mu buryo buciye bugufi ugereranyije n’abamubanjirije, mu muhango witabiriwe n’abantu barenga ibihumbi 400 bari i Vatican, abandi benshi bakawukurikira kuri televiziyo ku Isi hose.
-
Hari abatekereza ko nicaranye na Kagame umuriro ushobora kwaka- Perezida Ramaphosa
12 May 2025, by Iradukunda SergePerezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yagaragaje ko abatekereza ko afitanye ikibazo na Perezida Paul Kagame, ku buryo bicaranye umuriro ushobora kwaka, bibeshya.
IGIHE