Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo cya E7 Group cyo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, akubiyemo ibirimo kubaka mu Rwanda ikigo gitanga serivisi z’icapiro.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda mu bufatanye na E7 Group buzasiga hubatswe ikigo gitanga serivisi z’icapiro
7 May 2025, by IGIHE -
Impamvu-ntindi Amerika yitaje u Rwanda muri Jenoside
23 April 2025, by Mashara K.Imyaka ibaye hafi 100 Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari igihugu cy’igihangange ku Isi, cyagize uruhare mu kwitambika byinshi ngo bitaba no guteza ibindi byasize mu kaga ubuzima bwa benshi kubera kwigira ntibindeba.
-
Kuba twarabuze amahoro si u Rwanda, ahubwo ni twebwe Abanye-Congo- Cardinal Ambongo
23 April 2025, by Jean de Dieu TuyizereArikiyepisikopi Gatolika wa Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cardinal Fridolin Ambongo, yagaragaje kuba igihugu cye kidafite amahoro ntaho bihuriye n’u Rwanda nk’uko ubutegetsi bwa Félix Antoine Tshisekedi bwakunze kubivuga.
-
Grace Room Ministries ya Pasiteri Julienne Kabanda yafunzwe
10 May 2025, by IGIHEUrwego rw’lgihugu rw’lmiyoborere (RGB) rwambuye uburenganzira bwo gukora Grace Room Ministries ya Pasiteri Julienne Kabanda nyuma yo kutubahiriza ibikubiye mu itegeko rigena imitunganyirize n’imikorere by’imiryango ishingiye ku myemerere.
-
Volkswagen yavuze uburyo Perezida Kagame yakemuye ikibazo cya lisansi yanduye akicyumva
23 April 2025, by IGIHEUmuyobozi w’Uruganda rwa Volkswagen muri Afurika, Martina Biene, yatangaje ko nyuma y’umwaka umwe Perezida Kagame amenyeshejwe ikibazo cya lisansi yanduye yari mu Rwanda, cyahise gikemurwa ku buryo ubu uru ruganda rwiteguye kwinjiza ubwoko bushya ku isoko ry’u Rwanda.
-
U Rwanda ruzakoresha hafi miliyari 700 Frw ku kibuga cy’indege cy’i Bugesera no kwagura ibikorwa bya RwandAir
10 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMu mishinga ikomeye u Rwanda rutegerejeho kuzahindura ubukungu bw’igihugu harimo ikibuga cy’indege kiri kubakwa mu Bugesera no kwagura ibikorwa bya RwandAir biteganyijwe ko kuva mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/26 kugeza mu 2028 bizakoreshwaho miliyari hafi miliyari 700 Frw.
-
Amafaranga Umunyarwanda ahahisha ku mwaka yageze ku bihumbi 560 Frw
24 April 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbushakashatsi ku mibereho y’ingo (EICV7) bwagaragaje ko ubukene bwagabanyutseho 12,4% mu myaka irindwi ishize, bigaragazwa n’amafaranga umuntu arya kuko yiyongereye cyane arenga ibihumbi 560 Frw ku muntu mukuru.
-
Twe ntitugendera ku bihano - Nduhungirehe avuga ku kimwaro cy’amahanga mu guhana u Rwanda
11 May 2025, by IGIHEMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amahanga yamaze kubona ko gufatira u Rwanda ibihano atari wo muti, kuko rudashobora kubyishinga ngo bishyire mu kaga abaturage barwo.
-
‘Capacitors’ z’imodoka zishobora gukorerwa mu Rwanda; Amerika nayo ihanze amaso amabuye yarwo
24 April 2025, by Philbert GirinemaAmabuye y’agaciro y’u Rwanda araje ishinga abantu b’ingeri zitandukanye, aho abafite inganda hirya no hino bashaka kuyabyaza umusaruro ku buryo bufatika. Ubu ikigezweho ni uko Amerika iri mu biganiro n’u Rwanda bijyanye n’amabuye y’agaciro ndetse hari n’amakuru y’uko amabuye y’agaciro ya Tantalum acukurwa mu Rwanda, ashobora gutangira gutunganywa ku buryo yakorwamo bimwe mu bikoresho by’imodoka.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama ya Africa CEO Forum muri Côte d’Ivoire
12 May 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yageze i Abidjan muri Côte d’Ivoire, aho yitabiriye inama ihuza abayobozi b’ibigo bitandukanye, abashoramari n’abanyapolitike baturutse muri Afurika no hirya no hino ku Isi, izwi nka ‘Africa CEO Forum’.
IGIHE