Ambasaderi w’u Rwanda muri Luxembourg, Munyangaju Aurore Mimosa, yagarutse ku mateka yagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, agaragaza ko igihugu kidashobora gusubira muri aya mateka, ndetse kitakwirengagiza ingengabitekerezo ya Jenoside igifitwe ahanini n’umutwe wa FDLR, wiganjemo abagize uruhare mu mateka mabi y’u Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ntabwo twakwirengagiza ingengabitekerezo ya Jenoside ikwirakwizwa na FDLR- Amb. Munyangaju Mimosa
26 April 2025, by Karirima A. Ngarambe -
U Bubiligi bwaba bushaka ko Museveni abwunga n’u Rwanda?
27 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréMu kwezi gushize u Rwanda rwafashe icyemezo cyo gucana umubano n’u Bubiligi, runategeka abadipolomate b’iki gihugu kuva ku butaka bwarwo.
-
Umujyi wa Namur mu Bubiligi watandukanyije ibibazo bya Politike no Kwibuka
27 April 2025, by Karirima A. NgarambeUbuyobozi bw’Umujyi wa Namur mu Bubiligi bwifatanyije n’Abanyarwanda bawutuye kwibuka ku nshuro ya 31 abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bushimangira ko kwibuka ari ibya bose ndetse iyi Jenoside idakwiriye kugirwa igikoresho cya politike.
-
Igitutu kuri Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza wanze kohereza abimukira mu Rwanda
28 April 2025, by Iradukunda SergeBamwe mu banyapolitike bakomeye mu Bwongereza batangiye kotsa igitutu Minisitiri w’Intebe, Keir Starmer, bamushinja gutesha agaciro amasezerano igihugu cye cyari gifitanye n’u Rwanda ku bijyanye n’abimukira kandi nta kindi gisubizo afite.
-
Perezida Paul Kagame yahuye na Alassane Ouattara wa Côte d’Ivoire
12 May 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire, Alassane Ouattara, ku bijyanye no gukomeza guteza imbere imibanire y’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye.
-
Betting iri gusya itanzitse mu Rwanda; bamwe basigaranye ibyo bakenyereyeho
28 April 2025, by Iradukunda OlivierGutega ku mikino y’amahirwe bizwi nka "Betting", bimaze guhabwa intebe no kuba umuco mu buzima bwa buri munsi bwa bamwe, cyane cyane urubyiruko n’abandi bifuza gukira mu kanya nk’ako guhumbya.
-
Fred Swaniker yavuze ku kiganiro cye na Perezida Kagame cyabaye imbarutso yo gufungura ALU mu Rwanda
29 April 2025, by IGIHERwiyemezamirimo ukomoka muri Ghana, Fred Swaniker, yavuze ko kuba Perezida Kagame ari umuyobozi ushyira mu ngiro ibyo yavuze, aribyo byatumye mu gihe gito baganiriye, African Leadership University ifungura ishami mu Rwanda.
-
Abaturage bihariye 32% by’abaguze impapuro mpeshamwenda za miliyari 10 Frw BNR yashyize hanze
30 April 2025, by Iradukunda SergeUbuyobozi bw’Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (RSE) bwatangaje ko abantu ku giti cyabo bihariye 32% by’abaguze impapuro mpeshamwenda Banki Nkuru y’Igihugu iherutse gushyira hanze.
-
U Rwanda mu nzira zo gutangiza ubuvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire
13 May 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko umwaka wa 2025, uzasiga u Rwanda rwungutse imashini igezweho ikoreshwa mu buvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire izwi ka PET (Positron Emission Tomography).
-
Yarakennye bigeza aho abura ibyo kurya: Urugendo rugoye rw’umushoramari Fred Swaniker
30 April 2025, by Iradukunda SergeFred Swaniker ni umwe muri ba rwiyemezamirimo bazwi cyane muri Afurika, by’umwihariko mu Rwanda aho afite Kaminuza ya African Leadership University n’Ikigo ALX, gifasha abakiri bato kubona ubumenyi mu nzego zitandukanye cyane mu bijyanye n’ikoranabuhanga.
IGIHE