U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano agena “amahame y’ibanze mu miyoborere, umutekano n’ibijyanye n’ubukungu” azafasha akarere kubyaza umusaruro amahirwe kifitemo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda na RDC byasinye amasezerano “aganisha ku mahoro arambye”
25 April 2025, by IGIHE -
Amasezerano ya Qatar Airways na RwandAir yaheze he?
12 May 2025, by Iradukunda Serge, Nshimiyimana Jean BaptisteUmuyobozi wa RwandAir, Yvonne Makolo, yatangaje ko impande zombi zikomeje ibiganiro bizarangira Qatar Airways yegukanye imigabane 49% muri iyi sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere.
-
Ingingo ku yindi: Ibikubiye mu masezerano u Rwanda rwagiranye na RDC
26 April 2025, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 25 Mata 2025 byasinyiye i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika amasezerano agena amahame y’ibanze yo gukemura mu buryo burambye ikibazo cy’umutekano muke mu Karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari.
-
Ibihe by’ingenzi byaranze ishyingurwa rya Papa Francis, umushumba utashye ashimwa n’u Rwanda
26 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPapa Francis utashye ashimwa n’u Rwanda ku bwo kuzana umucyo mu mubano warwo na Kiliziya Gatolika, yashyinguwe i Vatican mu buryo buciye bugufi ugereranyije n’abamubanjirije, mu muhango witabiriwe n’abantu barenga ibihumbi 400 bari i Vatican, abandi benshi bakawukurikira kuri televiziyo ku Isi hose.
-
Hari abatekereza ko nicaranye na Kagame umuriro ushobora kwaka- Perezida Ramaphosa
12 May 2025, by Iradukunda SergePerezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yagaragaje ko abatekereza ko afitanye ikibazo na Perezida Paul Kagame, ku buryo bicaranye umuriro ushobora kwaka, bibeshya.
-
Ntabwo twakwirengagiza ingengabitekerezo ya Jenoside ikwirakwizwa na FDLR- Amb. Munyangaju Mimosa
26 April 2025, by Karirima A. NgarambeAmbasaderi w’u Rwanda muri Luxembourg, Munyangaju Aurore Mimosa, yagarutse ku mateka yagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, agaragaza ko igihugu kidashobora gusubira muri aya mateka, ndetse kitakwirengagiza ingengabitekerezo ya Jenoside igifitwe ahanini n’umutwe wa FDLR, wiganjemo abagize uruhare mu mateka mabi y’u Rwanda.
-
U Bubiligi bwaba bushaka ko Museveni abwunga n’u Rwanda?
27 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréMu kwezi gushize u Rwanda rwafashe icyemezo cyo gucana umubano n’u Bubiligi, runategeka abadipolomate b’iki gihugu kuva ku butaka bwarwo.
-
Umujyi wa Namur mu Bubiligi watandukanyije ibibazo bya Politike no Kwibuka
27 April 2025, by Karirima A. NgarambeUbuyobozi bw’Umujyi wa Namur mu Bubiligi bwifatanyije n’Abanyarwanda bawutuye kwibuka ku nshuro ya 31 abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bushimangira ko kwibuka ari ibya bose ndetse iyi Jenoside idakwiriye kugirwa igikoresho cya politike.
-
Igitutu kuri Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza wanze kohereza abimukira mu Rwanda
28 April 2025, by Iradukunda SergeBamwe mu banyapolitike bakomeye mu Bwongereza batangiye kotsa igitutu Minisitiri w’Intebe, Keir Starmer, bamushinja gutesha agaciro amasezerano igihugu cye cyari gifitanye n’u Rwanda ku bijyanye n’abimukira kandi nta kindi gisubizo afite.
-
Perezida Paul Kagame yahuye na Alassane Ouattara wa Côte d’Ivoire
12 May 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire, Alassane Ouattara, ku bijyanye no gukomeza guteza imbere imibanire y’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye.
IGIHE