Ubuyobozi bw’Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (RSE) bwatangaje ko abantu ku giti cyabo bihariye 32% by’abaguze impapuro mpeshamwenda Banki Nkuru y’Igihugu iherutse gushyira hanze.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Abaturage bihariye 32% by’abaguze impapuro mpeshamwenda za miliyari 10 Frw BNR yashyize hanze
30 April 2025, by Iradukunda Serge -
U Rwanda mu nzira zo gutangiza ubuvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire
13 May 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko umwaka wa 2025, uzasiga u Rwanda rwungutse imashini igezweho ikoreshwa mu buvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire izwi ka PET (Positron Emission Tomography).
-
Yarakennye bigeza aho abura ibyo kurya: Urugendo rugoye rw’umushoramari Fred Swaniker
30 April 2025, by Iradukunda SergeFred Swaniker ni umwe muri ba rwiyemezamirimo bazwi cyane muri Afurika, by’umwihariko mu Rwanda aho afite Kaminuza ya African Leadership University n’Ikigo ALX, gifasha abakiri bato kubona ubumenyi mu nzego zitandukanye cyane mu bijyanye n’ikoranabuhanga.
-
Perezida Kagame yakiriye Shawn McCormick uyobora Inama y’Ubutegetsi ya Trinity Metals
30 April 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yakiriye Umuyobozi Mukuru w’Inama y’Ubutegetsi ya Sosiyete y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Trinity Metals, Shawn McCormick, n’itsinda bari kumwe, baganira ku guteza imbere ibirimo ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda.
-
BNR igiye kongera zahabu mu bwizigame bw’amadevize yayo
15 May 2025, by IGIHEBanki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko guhera mu mwaka w’ingengo y’imari uzatangira muri Nyakanga 2025, izagura zahabu nk’umutungo wakwifashishwa mu bwizigame n’ishoramari, mu guhangana n’ibibazo by’ubukungu no gushyiraho uburyo bushya bwafasha mu gihe ubukungu buhuye n’ikibazo.
-
Yarwaniye FARDC ari Umunyarwanda, M23 iteye afungwa nk’umugambanyi (Video)
1 May 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMurame Jean de Dieu yavukiye mu Rwanda, aruvamo ahunze mu 1994 ubwo yari afite imyaka 19, yerekeza muri RDC mu Mujyi wa Bukavu, ariko mu 1996 yerekeje mu Mujyi wa Lubumbashi ari naho yaje kwinjirira mu gisirikare cy’icyo gihugu.
-
Ntabwo dufite byinshi byatuma duteta- Perezida Kagame ku mibereho y’Abanyarwanda
16 May 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yakiriye abanyeshuri biga muri ishami ry’ubucuruzi rya Kaminuza ya Havard yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abasobanurira ko uko Abanyarwanda babayeho, badashobora guteta kuko badafite byinshi byatuma bitwara batyo.
-
Perezida Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda gushaka gutera igihugu cye
1 May 2025, by IGIHEPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo gushaka gutera igihugu, avuga ko afite ibimenyetso by’uko ruzabikora rwitwaje abantu bahunze igihugu cye nyuma yo kugira uruhare muri Coup d’état yo mu 2015.
-
APR BBC yanyagiriye Nairobi City Thunder imbere ya Perezida Kagame
17 May 2025, by Iradukunda OlivierAPR BBC yabonye intsinzi ya mbere mu Itsinda rya Nile Conference rya Basketaball Africa League, nyuma yo kunyagira Nairobi City Thunder amanota 92-63, mu mukino wakurikiwe na Perezida Paul Kagame.
-
Imbuto, ibirayi n’akaboga byigonderwa n’umugabo bigasiba undi: Turemane isoko mu Mujyi wa Kigali
3 May 2025, by Igizeneza Jean Désiré, Isabwe FabiolaDore ni muri Weekend nibwo benshi bakunda kujya guhaha, reka tubaherekeze! “Inoti ya 5000 Frw urayijyana ugataha amara masa.” Iyi ni interuro udashobora gutaha utumvise iyo wagiye mu isoko cyangwa ku ka butiki ko muri Quartier, abaturage bagaragaza uburyo ubuzima buhenze.
IGIHE