Mu rukerera rwo ku wa 27 Mutarama 2025 ni bwo Umuvugizi w’Umutwe wa M23 mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yemeje ifatwa ry’Umujyi wa Goma.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Bashidutse M23 yageze mu birindiro; Ijoro rigoye ku basirikare ba FARDC na FDLR ubwo Goma yafatwaga
3 May 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu -
RGB yahagaritse ibikorwa by’amasengesho bibera kwa Yezu Nyirimpuhwe
18 May 2025, by IGIHEUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwahagaritse by’agateganyo ibikorwa bijyanye n’amasengesho byaberaga ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe, iherereye mu Karere ka Ruhango, ivuga ko hatujuje ibisabwa bijyanye no kubungabunga umutekano n’ituze by’abahagana.
-
Amasezerano y’amahoro y’u Rwanda na RDC azasinyirwa imbere ya Trump muri Kamena
2 May 2025, by Philbert GirinemaU Rwanda, RDC na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byemeranyije ko amasezerano y’amahoro azasinywa muri Kamena, mu muhango uzabera muri White House imbere ya Perezida Trump, aho byitezwe ko azashyirwaho umukono na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we wa RDC, Félix Tshisekedi.
-
U Rwanda rushobora kwakira amashami amwe ya Loni
19 May 2025, by IGIHEU Rwanda ni kimwe mu bihugu byagaragaje inyota yo kuba byaba icyicaro cy’amashami amwe n’amwe ya Loni, bigendanye n’amavugurura ari gukorwa n’uyu muryango ajyanye no kwimura amashami mu guhangana n’ibibazo by’ubukungu.
-
Amabuye y’agaciro ya RDC azajya atunganyirizwa mu Rwanda? Ibyo kwitega nyuma y’amasezerano y’amahoro
2 May 2025, by Philbert GirinemaMu mezi abiri ku munsi u Rwanda na RDC bizaba bisinya amasezerano y’amahoro, byombi bizanasinyana na Amerika andi y’ubukungu. Ni amasezerano Amerika ivuga ko azakurikirwa n’ishoramari “rya miliyari nyinshi z’amadolari” rikozwe n’ibigo by’ubucuruzi byayo n’iby’ibihugu by’inshuti.
-
Ibibazo byibazwa ku kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga no gutwitira undi mu Rwanda
2 May 2025, by Ntabareshya Jean de DieuInteko ishinga Amategeko y’u Rwanda ikomeje gusuzuma no gusesengura umushinga w’itegeko rigena serivisi z’ubuvuzi ryitezweho kwemerera Abanyarwanda kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga no gutwitira undi muntu.
-
Harimo n’izikorerwa mu Rwanda: Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali (Amafoto na Video)
19 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMu Rwanda hari uruganda rukora intwaro rumaze igihe rukora ndetse mu bikoresho bya gisirikare byifashishwa mu bikorwa by’umutekano byamuritswe mu Nama Mpuzamahanga y’Umutekano muri Afurika (ISCA), harimo imbunda nini n’into zikorerwa i Kigali.
-
Yatekeye abarimo Perezida Kagame, Alpha Condé na Abiy Ahmed: Chef Sindayigaya twaganiriye (Video)
4 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMu by’ibanze buri wese akenera buri munsi harimo amafunguro ariko kuyategura si ibya buri wese. Kuri Chef Sindayigaya Ramadhan guteka byamuhuje n’abakomeye, ariko ibihe atazibagirwa bikabamo igihe yatekaga muri hoteli zo mu Rwanda, amafunguro agahabwa umukuru w’igihugu cy’u Rwanda cyangwa ab’ahandi.
-
Umunyarwanda yavumbuye indwara nshya yo mu mutwe yibasira abari mu rushako
5 May 2025, by Iradukunda SergeDr Celestin Mutuyimana usanzwe ari umuganga uvura indwara zo mu mutwe cyane cyane izibasira imitekerereze n’amarangamutima akaba n’umwarimu muri Kaminuza ya Zurich mu Busuwisi, yavumbuye indwara nshya yibasira abari mu rushako rutameze neza cyane cyane ab’igitsina gore.
-
Ibyo wamenya ku misoro mishya yitezwemo miliyari 300 Frw mu myaka itanu
5 May 2025, by Ntabareshya Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda iheruka kwemeza amategeko y’imisoro n’amahoro izagira uruhare rukomeye mu kuzamura ubukungu no guteza imbere imibereho myiza y’Abanyarwanda. Ni imisoro yitezweho kwinjiza miliyari 300 Frw mu kigega cya leta mu myaka itanu iri imbere.
IGIHE