Guverinoma y’u Rwanda iheruka kwemeza amategeko y’imisoro n’amahoro izagira uruhare rukomeye mu kuzamura ubukungu no guteza imbere imibereho myiza y’Abanyarwanda. Ni imisoro yitezweho kwinjiza miliyari 300 Frw mu kigega cya leta mu myaka itanu iri imbere.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibyo wamenya ku misoro mishya yitezwemo miliyari 300 Frw mu myaka itanu
5 May 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Inzozi yakuranye, akazi muri Kepler n’inama ku bato: Ikiganiro na Nathalie Munyampenda
6 May 2025, by Uwimana AbrahamUbwo Covid-19 yacaga ibintu, benshi ubwoba bwarabatashye, Guma mu Rugo imwe ivaho hajyaho indi cyangwa hakaza Guma mu Ntara, twese twambaye udupfukamunwa, kandagira ukarabe na sanitizer ari ibyangombwa nkenerwa bya buri Munsi. Muri iyo minsi ni bwo Nathalie Munyampenda yakiriye inkuru nziza isibanganya iyo mihangayiko yose.
-
Kubika intanga n’umurambo, gutwitira undi: Impinduka zitezwe mu buvuzi nyuma y’itegeko rishya
7 May 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmushinga w’Itegeko rigena serivisi z’ubuvuzi witezweho impinduka zigamije guteza imbere imitangire inoze ya serivisi no gusigasira ubuzima bw’abazikoresha.
-
Abasirikare batatu b’u Rwanda biciwe muri Mozambique, batandatu barakomereka
7 May 2025, by Philbert GirinemaIgisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko abasirikare batatu bari mu butumwa bwo kurwanya ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado, bishwe baguye mu gico batezwe, abandi batandatu barakomereka mu gihe ku ruhande rw’umwanzi, benshi bahasize ubuzima.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’Intumwa yihariye ya Loni muri Centrafrique
20 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Intumwa Yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni muri Repubulika ya Centrafrique akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri iki gihugu, MINUSCA, Ambasaderi Valentine Rugwabiza, wari uherekejwe na Gen Humphrey Nyone.
-
Ari kuri hegitari zirenga ibihumbi 13: Uduce dushya 10 twavumbuwemo amabuye y’agaciro mu Rwanda
8 May 2025, by Igizeneza Jean DésiréIkigo cy’Igihugu Gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz (Rwanda Mining Board- RMB), giherutse gushyira hanze igitabo (Rwanda Mining Investment Pitchbook) kigaragaza uduce dushya twabonetsemo amabuye y’agaciro abashoramari bakwiriye kubyaza umusaruro.
-
Aho ibikorwa byo kubaka bigeze, ibigo byahawe akazi, imirimo imaze guhangwa: Byose ku Kibuga cy’Indege cya Bugesera
8 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteImirimo yo kubaka Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Bugesera irarimbanyije aho igeze ku kigero kiri hagati ya 25% na 30%, ndetse nta gihindutse igomba kuzarangira mu 2027 ihaye akazi abantu barenga 6000.
-
Ingengo y’imari izagera kuri miliyari 7.032,5 Frw mu 2025/26
8 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko amafaranga ateganyijwe gukoreshwa mu ngengo y’Imari ya 2025/26 ari miliyari 7.032,5 Frw, aziyongeraho miliyari 1.216,1Frw ugereranyije na miliyari 5.816,4 Frw yo mu ngengo y’imari ivuguruye ya 2024/25.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Cheick Camara uyobora ServiceNow Africa
23 May 2025, by IGIHEPerezida Kagame yahuye na Cheick Camara, Visi Perezida akaba n’Umuyobozi wa sosiyete ServiceNow Africa n’abamuherekeje, baganira ku mahirwe yo kwagurira ibikorwa by’iyi sosiyete bijyanye n’ikoreshwa ry’ubwenge buhangano (AI) mu gukemura ibibazo mu Rwanda.
-
Papa Leo XIV: Umunyamerika yatorewe kuba Umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika
8 May 2025, by Jean de Dieu TuyizereInteko y’Aba-Cardinal 133 bateraniye muri Chapelle ya Sistine i Vatican kuri uyu mugoroba wa tariki ya 8 Gicurasi 2025 yatoye Umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika, Cardinal Robert Francis Prevost.
IGIHE