Banki y’u Rwanda y’Iterambere (BRD) yatangaje ko kuva mu 2020, kugeza mu 2024 yagaruje miliyari 25,4 Frw yatanze nk’inguzanyo ya buruse ku banyeshuri biga muri Kaminuza y’u Rwanda bishyurirwa.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Abigiye kuri buruse ya Leta bishyuye miliyari 25,4 Frw mu myaka itanu ishize
9 May 2025, by Iradukunda Serge -
BAL 2025: Imbere ya Perezida Kagame, APR BBC yasubiriye Nairobi City Thunder ibona itike y’imikino ya nyuma
25 May 2025, by Byiringiro Osée ElvisAPR BBC yabonye itike yo gukina imikino ya nyuma ya Basketball Africa League, nyuma yo gutsinda Nairobi City Thunder yo muri Kenya, igakomeza ari iya kabiri mu Itsinda rya Nile Conference. Ni umukino witabiriwe na Perezida Kagame.
-
Ingurane z’imitungo y’abaturage n’uturere dukennye mu bigiye kuvugutirwa umuti
9 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari impinduka zitandukanye zakozwe mu bijyanye no kwishyura ingurane z’abaturage, ahagiye kubakwa ibikorwaremezo ku buryo bazajya bishyurwa vuba, hirindwa ibirarane byakunze kugaragara ahakorerwa imishinga minini.
-
Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo gihagarika iperereza kuri Agathe Kanziga
26 May 2025, by IGIHEUrwego rushinzwe kurwanya ibyaha by’iterabwoba mu Bushinjacyaha bw’u Bufaransa, PNAT, rwatangaje ko rwamaze gutanga ubujurire ku cyemezo giherutse gufatwa n’umucamanza ku rwego rw’iperereza mu Bufaransa, watangaje ko bahagaritse iperereza ku ruhare rwa Agathe Kanziga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Imishinga y’ubwubatsi Umujyi wa Kigali uhanze amaso mu 2025/2026
11 May 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMu gihe hari gusesengurwa ibikorwa biteganyijwe mu mbanziriza mushinga w’ingengo y’imari ya 2025/2026, inzego zitandukanye zikomeje kugaragariza Inteko Ishinga Amategeko imishinga migari zihanze amaso kandi yitezweho guhindura imibereho y’abaturage.
-
Perezida Kagame yageze muri Kazakhstan
27 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yageze muri Kazakhstan mu ruzinduko rw’akazi, aho azanitabira Ihuriro Mpuzamahanga rya Astana [Astana International Forum], anagirane ibiganiro na mugenzi we, Perezida Kassym-Jomart Tokayev.
-
Impamvu muzi y’ifungwa rya Grace Room Ministries
10 May 2025, by IGIHEBuri wa Kabiri na buri wa Kane guhera Saa kumi n’imwe z’umugoroba, abantu baba ari urujya n’uruza berekeje i Nyarutarama ahakorera Grace Room Ministries bagiye gusenga. Ku Cyumweru nabwo byaba ari uko guhera Saa Cyenda z’amanywa.
-
Ibyatunguye Cardinal Kambanda n’abandi bitabiriye itorwa rya Papa Léon XIV
10 May 2025, by IGIHEAntoine Cardinal Kambanda wabaye umunyarwanda wa mbere watoye Papa, yatangaje ko itorwa ya Papa Léon XIV, ryatunguranye anamugaragaza nk’umushumba utanga icyizere.
-
Iterambere ryubakira ku miyoborere myiza n’abafatanyabikorwa bakwiye- Perezida Kagame
28 May 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yamenyesheje mugenzi we wa Kazakhstan, Kassym-Jomart Tokayev, ko u Rwanda rwishimira gukorana n’iki gihugu cyo ku mugabane wa Aziya kuko Abanyarwanda bahamya neza ko imiyoborere myiza no gukorana n’abafatanyabikorwa bakwiye ari byo bibafasha kugera ku iterambere bifuza.
-
Guverinoma y’u Rwanda yakiranye ibyishimo itorwa rya Papa Leo XIV - Minisitiri w’Intebe Ngirente
11 May 2025, by Léonidas MuhireMinisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Édouard, yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda yishimiye itorwa rya Papa Leo XIV, ndetse avuga ko ari icyubahiro n’ishema kuba bwa mbere mu mateka Umunyarwanda ari mu batoye Papa mushya kuko ari icyizere n’intambwe ikomeye mu bufatanye buri hagati y’u Rwanda na Kiliziya.
IGIHE