Perezida Paul Kagame yavuze ko byaba ari byiza Abanyafurika bahisemo gufata ibyemezo bya Perezida Donald Trump bireba umugabane wabo, nk’uburyo bwo kubakangura, bagaharanira kwigira.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Isomo Afurika ikwiye gukura mu guhagarika inkunga kwa Trump mu mboni za Perezida Kagame
12 May 2025, by Iradukunda Serge -
Perezida Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’u Burayi
29 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’u Burayi [Council of Europe], Alain Berset, baganira ku mahirwe y’ubufatanye hagati y’impande zombi mu nzego zitandukanye.
-
Umwaka wa 2025/2026 uzasiga he Abanyarwanda mu bijyanye n’ibikorwaremezo?
13 May 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko mu ngengo y’imari y’umwaka utaha wa 2025/2026 uzatangira muri Nyakanga 2025, hari ibikorwaremezo biteganyijwe kubakwa byitezweho guteza imbere Imibereho y’Abaturarwanda.
-
Imibare yabaye imibare mu batuye Kigali
15 May 2025, by Igizeneza Jean DésiréKigali, umujyi uzwi nk’intangarugero ku Isi muri byinshi, ukomeje gukataza mu iterambere, gusa udasiba guhindura amahitamo y’abantu ku bijyanye n’icyo bakunda, haba mu kurya, kwambara n’ibindi nkenerwa by’ibanze. Ubu imibare ikomeje kugorana kuri bamwe, aho ibyo bafite mu mufuka bidahura n’ibyo bakeneye.
-
Umuti u Rwanda rwavugutiye icyuho cy’inkunga ya USAID mu buvuzi
14 May 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko mu mbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026, ibikorwa by’ubuvuzi byongereweho miliyari 3,2 Frw ku yo byari byaragenewe mu mwaka wa 2024/2025 hanashakwa uburyo icyuho mu mishinga yaterwaga inkunga na USAID kizibwa.
-
Perezida Kagame yashimiye Paris Saint-Germain yegukanye UEFA Champions League
31 May 2025, by Iradukunda OlivierPerezida Paul Kagame yashimye Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa yegukanye UEFA Champions League nyuma yo kunyagira Inter Milan ibitego 5-0, igahesha ishema abakunzi bayo ndetse n’abafatanyabikorwa barimo ‘Visit Rwanda’.
-
IBUKA mu Bubiligi yasabye ko Umugogo wa Yuhi V Musinga usubizwa mu Rwanda
13 May 2025, by Karirima A. NgarambeUbuyobozi bw’Umuryango uhararanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, IBUKA, mu Bubiligi bwasabye ko Umugogo w’Umwami Yuhi V Musinga uri mu Bubiligi wasubizwa mu Rwanda ugatabarizwa ku butaka bw’abo mu muryango we.
-
RDC yongeye kwerekeza amaso ku bacanshuro, igeze ku bo muri Colombia
14 May 2025, by IGIHENyuma y’amezi abacanshuro amagana bo muri Romania barwaniraga FARDC batsinzwe na M23 bagataha, amakuru avuga ko ubutegetsi bwa Tshisekedi bwongeye kwerekeza amaso ku bandi, noneho abo muri Amerika y’Amajyepfo muri Colombia.
-
Nduhungirehe ari i Doha mu biganiro byagarutse no ku mubano w’u Rwanda na RDC
1 June 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, ku bufatanye bw’ibihugu byombi, banagaruka ku bibazo by’umubano umaze iminsi utifashe neza hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Minisitiri Kayikwamba wa RDC aracyafitiye u Rwanda akangononwa
14 May 2025, by Jean de Dieu TuyizereNubwo ibihugu byombi bigaragaza ko biri mu nzira nziza yo gukemura amakimbirane bifitanye, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, yagaragaje ko agifitiye u Rwanda akangononwa.
IGIHE