Buri wa Kabiri na buri wa Kane guhera Saa kumi n’imwe z’umugoroba, abantu baba ari urujya n’uruza berekeje i Nyarutarama ahakorera Grace Room Ministries bagiye gusenga. Ku Cyumweru nabwo byaba ari uko guhera Saa Cyenda z’amanywa.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Impamvu muzi y’ifungwa rya Grace Room Ministries
10 May 2025, by IGIHE -
Ibyatunguye Cardinal Kambanda n’abandi bitabiriye itorwa rya Papa Léon XIV
10 May 2025, by IGIHEAntoine Cardinal Kambanda wabaye umunyarwanda wa mbere watoye Papa, yatangaje ko itorwa ya Papa Léon XIV, ryatunguranye anamugaragaza nk’umushumba utanga icyizere.
-
Iterambere ryubakira ku miyoborere myiza n’abafatanyabikorwa bakwiye- Perezida Kagame
28 May 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yamenyesheje mugenzi we wa Kazakhstan, Kassym-Jomart Tokayev, ko u Rwanda rwishimira gukorana n’iki gihugu cyo ku mugabane wa Aziya kuko Abanyarwanda bahamya neza ko imiyoborere myiza no gukorana n’abafatanyabikorwa bakwiye ari byo bibafasha kugera ku iterambere bifuza.
-
Guverinoma y’u Rwanda yakiranye ibyishimo itorwa rya Papa Leo XIV - Minisitiri w’Intebe Ngirente
11 May 2025, by Léonidas MuhireMinisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Édouard, yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda yishimiye itorwa rya Papa Leo XIV, ndetse avuga ko ari icyubahiro n’ishema kuba bwa mbere mu mateka Umunyarwanda ari mu batoye Papa mushya kuko ari icyizere n’intambwe ikomeye mu bufatanye buri hagati y’u Rwanda na Kiliziya.
-
Perezida Kagame yagaragaje isomo u Rwanda rwakuye mu gutereranwa n’amahanga
29 May 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yagarutse ku buryo Isi yose yateye umugongo u Rwanda mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa, agaragaza ko byasigiye u Rwanda amasomo akomeye yo kwishakamo ibisubizo, ak’imuhana kakaza imvura ihise.
-
Isomo Afurika ikwiye gukura mu guhagarika inkunga kwa Trump mu mboni za Perezida Kagame
12 May 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yavuze ko byaba ari byiza Abanyafurika bahisemo gufata ibyemezo bya Perezida Donald Trump bireba umugabane wabo, nk’uburyo bwo kubakangura, bagaharanira kwigira.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’u Burayi
29 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’u Burayi [Council of Europe], Alain Berset, baganira ku mahirwe y’ubufatanye hagati y’impande zombi mu nzego zitandukanye.
-
Umwaka wa 2025/2026 uzasiga he Abanyarwanda mu bijyanye n’ibikorwaremezo?
13 May 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko mu ngengo y’imari y’umwaka utaha wa 2025/2026 uzatangira muri Nyakanga 2025, hari ibikorwaremezo biteganyijwe kubakwa byitezweho guteza imbere Imibereho y’Abaturarwanda.
-
Imibare yabaye imibare mu batuye Kigali
15 May 2025, by Igizeneza Jean DésiréKigali, umujyi uzwi nk’intangarugero ku Isi muri byinshi, ukomeje gukataza mu iterambere, gusa udasiba guhindura amahitamo y’abantu ku bijyanye n’icyo bakunda, haba mu kurya, kwambara n’ibindi nkenerwa by’ibanze. Ubu imibare ikomeje kugorana kuri bamwe, aho ibyo bafite mu mufuka bidahura n’ibyo bakeneye.
-
Umuti u Rwanda rwavugutiye icyuho cy’inkunga ya USAID mu buvuzi
14 May 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko mu mbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026, ibikorwa by’ubuvuzi byongereweho miliyari 3,2 Frw ku yo byari byaragenewe mu mwaka wa 2024/2025 hanashakwa uburyo icyuho mu mishinga yaterwaga inkunga na USAID kizibwa.
IGIHE