Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko kuva muri Kamena 2024 kugeza muri Gicurasi 2025, Abanyarwanda 105 bagaruwe bakuwe mu bihugu bitandukanye bari baragiye gucuruzwamo mu mahanga, na ho abandi 57 bo bakumiriwe bari bagiye kwinjizwa muri ubwo bucuruzi mu gihe cy’imyaka itandatu.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda rwagaruye abantu 105 bari baracurujwe mu mahanga
2 June 2025, by Léonidas Muhire -
Mu Rwanda hageze internet ya 5G
15 May 2025, by Uwimana AbrahamSosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko yagejeje internet ya 5G mu Rwanda ku nshuro ya mbere, ikaba yatangiye kuboneka kuri site ya Kigali Heights/KCC [Kigali Convention Centre].
-
Hoteli The Retreat yakiriye Umwami Charles III i Kigali yagurishijwe
2 June 2025, by Iradukunda SergeIkigo Heaven Holdings Ltd cyagurishije ibikorwa by’ishoramari byacyo mu Rwanda birimo The Retreat, hoteli yamenyekanye cyane ubwo yakiraga Umwami Charles III mu ruzinduko aherukamo mu Rwanda.
-
Ibizakorwa ku Nkombo, amashanyarazi acikagurika na Espoir FC: Meya wa Rusizi twaganiriye (video)
16 May 2025, by Ndahayo Emmanuel, Nsanzimana ErnesteUmuntu uzagera i Rusizi mu myaka itanu iri imbere, azasanga aka karere gatandukanye cyane n’uko kameze magingo aya. Nk’akarere kari mu twunganira Umujyi wa Kigali, byitezwe ko hari byinshi bizakorwa mu rwego rwo kurushaho kuzamura imibereho y’abagatuye.
-
Tumutegerejeho kunoza umubano wa Kiliziya n’u Rwanda: Cardinal Kambanda kuri Papa Léon XIV
15 May 2025, by Igizeneza Jean DésiréAntoine Cardinal Kambanda yavuze ko Papa Léon XIV uherutse gutorerwa kuyobora Kiliziya Gatolika ku Isi, bamutegerejeho kurushaho kunoza umubano wa Kiliziya Gatolika n’u Rwanda nk’uko Papa Francis yari yabitangiye.
-
Perezida Kagame yahuye n’Abanyarwanda batanu biga ‘AI’ muri Algérie
4 June 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yahuye n’abanyeshuri batanu b’Abanyarwanda biga ibijyanye n’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (Artificial Intelligence) muri Algerie.
-
Amerika yarangije gutegura umushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya RDC n’u Rwanda
15 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yatangaje ko yavuganye na Perezida Kagame na Tshisekedi ku mushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda warangiye gutegurwa, ubu hakaba hategerejwe kumva icyo impande zombi ziwuvugaho.
-
Perezida Kagame yagarutse ku buryo yize bigoye, ashimira abiyeguriye gutanga uburezi ku Banyarwanda
6 June 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Paul Kagame yagarutse ku buryo yize bigoye ubwo yari ari mu buhungiro, ariko agakomeza guhatana kuko yari afite intumbero, ashimira abafashe inshingano zo gutanga uburezi ku Banyarwanda, avuga ko n’ubu bigikenewe kuko butajya bureka kuba ingenzi.
-
U Rwanda rwanyomoje Leta ya RDC yarugeretseho amarorerwa akorerwa Abanye-Congo
16 May 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagerageje kugereka ku Ngabo z’u Rwanda ubwicanyi n’ubundi bugizi bwa nabi bukorerwa Abanye-Congo.
-
U Rwanda rushobora kuyobora CEEAC, RDC ntibikozwa
7 June 2025, by IGIHEI Malabo muri Guinée équatoriale hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika yo Hagati, CEEAC, yatangiye kuri uyu wa Gatandatu.
IGIHE