Perezida Paul Kagame yagarutse ku buryo yize bigoye ubwo yari ari mu buhungiro, ariko agakomeza guhatana kuko yari afite intumbero, ashimira abafashe inshingano zo gutanga uburezi ku Banyarwanda, avuga ko n’ubu bigikenewe kuko butajya bureka kuba ingenzi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yagarutse ku buryo yize bigoye, ashimira abiyeguriye gutanga uburezi ku Banyarwanda
6 June 2025, by Uwimana Abraham -
U Rwanda rwanyomoje Leta ya RDC yarugeretseho amarorerwa akorerwa Abanye-Congo
16 May 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagerageje kugereka ku Ngabo z’u Rwanda ubwicanyi n’ubundi bugizi bwa nabi bukorerwa Abanye-Congo.
-
U Rwanda rushobora kuyobora CEEAC, RDC ntibikozwa
7 June 2025, by IGIHEI Malabo muri Guinée équatoriale hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika yo Hagati, CEEAC, yatangiye kuri uyu wa Gatandatu.
-
Ishusho y’ubwiyongere bw’ubucuruzi hagati y’u Rwanda n’u Bushinwa
17 May 2025, by Ndahayo EmmanuelU Bushinwa ni kimwe mu bihugu bibona neza amahirwe y’ishoramari ari mu Rwanda ndetse mu myaka itanu ishize, iki gihugu ni cyo cyaturutsemo ishoramari ryinshi ryashowe mu Rwanda.
-
U Rwanda rwikuye muri CEEAC
7 June 2025, by IGIHEU Rwanda rwafashe umwanzuro wo kuva mu muryango wa CEEAC nyuma y’aho ibihugu biwugize biwukoresheje nabi, bishaka kurukumira.
-
U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda barenga 300 bari barafashwe bugwate na FDLR
17 May 2025U Rwanda rwakiriye kuri uyu wa 17 Gicurasi 2025 Abanyarwanda 360 baturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Yakoze amahano- Boris Johnson kuri Starmer wahagaritse gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
18 May 2025, by Jean de Dieu TuyizereBoris Johnson wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kuva mu 2019 kugeza mu 2022, yatangaje ko Keir Starmer uyoboye Guverinoma y’igihugu cyabo kuva muri Nyakanga 2024 yakoze ikosa rikomeye ryo guhagarika gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira batemewe n’amategeko.
-
Nduhungirehe yasobanuye impamvu imyitwarire ya CEEAC idakwiriye
8 June 2025, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yavuze ko u Rwanda rutazigera rwemera kwikorera umutwaro w’ibibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe Leta y’icyo gihugu idaha agaciro inzira zashyizweho zo kubikemura.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Clare Akamanzi, Amadou Gallo na McNab ku iterambere rya BAL
18 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, Perezida wa BAL, Amadou Gallo Fall, na Leah McNab ushinzwe ibikorwa mpuzamahanga muri NBA bagaruka ku buryo irushanwa rya BAL ryateye imbere byihuse mu myaka ine ishize n’uburyo imikino ishobora kubyarira Afurika amahirwe y’iterambere.
-
Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda
9 June 2025, by Ntabareshya Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kugaragara mu Rwanda, nyuma y’uko mu bihugu bitandukanye by’Isi hashize iminsi kiri kwiyongera.
IGIHE