Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko kumena amabanga y’ibiganiro by’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biyoborwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bishobora gutuma bidatanga umusaruro mwiza byitezweho.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje igishobora kubangamira ibiganiro by’u Rwanda na RDC
11 June 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
Perezida Kagame yagaragaje icyatuma umutekano wa Afurika ugerwaho itavangiwe n’amahanga
19 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yatangaje ko Afurika ikwiye kwita ku nkingi yo kwishakamo ibisubizo biyifasha kwirindira umutekano, yirinda ko ukomeza kujya mu maboko y’amahanga kuko mu myaka myinshi yashize bikorwa n’abandi, nta musaruro byatanze ku mugabane no ku Isi muri rusange.
-
Ingengo y’imari ya 2025/26 ni miliyari 7.032,5 Frw; ubukungu buzazamuka kuri 7,1%
12 June 2025, by IGIHEMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yussuf Murangwa, yatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 7,1% mu 2025, mu gihe mu 2026 buzagera kuri 7,5%, 7,4% mu 2027 na 7% mu 2028.
-
Imbamutima z’Abanyarwanda bari barafashwe bugwate na FDLR
20 May 2025, by Ndahayo EmmanuelAbanyarwanda 1.156 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR bamaze kugera mu Rwanda mu byiciro bibiri, aho batangiye kwitabwaho kugira ngo bazasubizwe mu buzima busanzwe mu minsi iri imbere.
-
Miliyari 850 Frw yagenewe kubaka ikibuga cy’indege cya Bugesera
13 June 2025, by Uwimana AbrahamMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko Leta yateganyije miliyoni 600$ [arenga miliyari 853,6 Frw] mu ngengo y’Imari y’umwaka wa 2025/26, azakoreshwa mu mirimo yo kubaka Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, kiri kubakwa i Bugesera.
-
U Bufaransa bwasoje iperereza kuri Agathe Kanziga, bumwita “inzirakarengane y’ibikorwa by’iterabwoba”
20 May 2025, by IGIHEUbutabera bw’u Bufaransa bwahagaritse iperereza bwakoraga kuri Agathe Kanziga, umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana, ku ruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
RwandAir yegukanye igihembo cya sosiyete y’indege nziza mu ngendo zo muri Afurika
17 June 2025, by Iradukunda SergeRwandAir yegukanye igihembo cy’umwaka wa 2025 nka sosiyete nziza ya mbere mu zikorera ubwikorezi bwo mu kirere ku mugabane wa Afurika, mu bihembo bizwi nka ‘World Airline Awards’.
-
Karega yavuze ku gitotsi mu mubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo kubera Kayumba na Karegeya
20 May 2025, by Jean de Dieu TuyizereAmbasaderi udasanzwe w’u Rwanda mu Karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari, Vincent Karega, yagaragaje ko Kayumba Nyamwasa na Patrick Karegeya batengushye igihugu kuko bahoze ari abofisiye bakuru mu ngabo, nyuma bakagitera umugongo.
-
U Rwanda na RDC byemeranyije ku ngingo zigize amasezerano y’amahoro
19 June 2025, by IGIHEItsinda rya tekiniki ry’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byemeranyije ku ngingo ngari zigize amasezerano y’amahoro hagati y’ibihugu byombi, nyuma y’iminsi hari ibiganiro byaberaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Arenga Miliyari 270 Frw agiye gushorwa mu mishinga yo kurengera ibidukikije mu Rwanda
21 May 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda ruri gushyira mu bikorwa imishinga myinshi irufasha kwimakaza iterambere ariko ribungabunga ibidukikije irimo n’izarangira itwaye miliyoni zirenga 193$ (arenga Miliyari 277 Frw y’ubu).
IGIHE